Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FAO Yizera Ko Ubufatanye N’u Rwanda Mu Guca Inzara Buzakomeza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

FAO Yizera Ko Ubufatanye N’u Rwanda Mu Guca Inzara Buzakomeza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 January 2024 1:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa, FAO, witwa Coumba Dieng Sow ashima imikoranire y’iri shami na Guverinoma y’u Rwanda mu rugamba rwo kwihaza mu biribwa.

Avuga ko yizeye ko mu mwaka wa 2024 ubu bufatanye buzakomeza kubyara umusaruro kugira ngo inzara nticike mu Rwanda gusa ahubwo n’ahandi ku isi.

Itangazo yashyize kuri X, avuga ko umuhati u Rwanda rwashyize mu guhaza mu biribwa abarutuye ari uwo gushimwa.

Ngo ni umuhati werekanye ko ruharanira ko imwe mu ntego z’iterambere rirambye irebana no kwihaza mu biribwa, rwayishyize ku mutima kandi rukora uko rushoboye ngo igerweho.

Coumba Sow avuga ko hari indi mishinga itarakorwaho ariko akizera ko nayo bidatinze izatangira gukorwa kandi ikazabyara umusaruro.

Avuga ko akazi ke ari ugukora uko ashoboye kugira ngo iby’uko inzara igomba kuba amateka mu bantu bizagerwaho.

Resuming work and wishing you a healthy and fruitful 2024! pic.twitter.com/r8yzFDuAWP

— Coumba D. Sow (@CoumbaDSow) January 18, 2024

Guverinoma y’u Rwanda iherutse gutangaza ko Abanyarwanda bagera kuri 80% bihagije mu biribwa.

Ese Koko 80% By’Abanyarwanda Bihagije Mu Biribwa?

TAGGED:AbanyarwandaCoumbaFAOfeaturedIbiribwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Uwakekwagaho Ubujura Yarashwe
Next Article Ngirente Yahagaririye Kagame Mu Nama Mpuzamahanga Ibera Muri Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bidatinze U Rwanda Ruratangira Gukoresha Ifaranga Koranabuhanga- BNR

Putin Arahura N’Umujyanama Wa Trump Bongere Kuganira Kuri Ukraine

Ikibazo Cy’Abarobyi Ba DRC Bambuwe Ibikoresho N’Ingabo Za Angola Kirahangayikishije

Murigande Muri Sena, Kayitesi Muri MINAFFET,…Impinduka Muri Guverinoma Y’u Rwanda

BNR Ivuga Ko Ubukungu Bw’u Rwanda Bukomeje Guhagarara Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

You Might Also Like

Mu Rwanda

RBC Iributsa Urubyiruko Kwisuzumisha Rukamenya Uko Ruhagaze Ku Bwandu Bwa SIDA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubutabera

Ruhango: Urwego Rw’Umuvunyi Rwasanze Mu Miryango Higanje Ibibazo By’Izungura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubuzima

Mu Rwanda Kurwara Amenyo Ni Ikibazo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?