Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FDLR Yarwanye Na Mai Mai
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

FDLR Yarwanye Na Mai Mai

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 December 2025 9:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Teritwari ya Walikale habereye imirwano hagati ya FDLR na Mai Mai Kifuafua yaguyemo abantu bane.

Impande zombi zarwaniye ahitwa Tuonane, ingo esheshatu zoratwikwa, zikaba iz’abagabo b’inararibonye bari Abakuru b’Imiryamgo yo muri ako gace.

Radio Okapi yanditse ko imirwano hagati y’izo mpande yatangiye mu masaha ya kare yo kuri uyu wa Kabiri Tariki 16, Ukuboza, yiriza umunsi wose.

Hagati aho, hari amakuru avuga ko mu bapfuye harimo n’abarwanyi na Wazalendo n’umusivili umwe, icyakora abanditse ayo makuru mbere bakemeza ko batarabona gihamya yabyo iturutse mu nzego za Leta.

Ababonye bitangira bavuga ko byatewe no kutumvikana ku butaka hagati y’umurwanyi wa FDLR witwa Mudayongwa wavugaga ko yanyazwe ubutaka n’umwe mu bo muri Mai Mai Kifuafua.

Byaje kugera aho uwo muri Mai Mai amurashe biza gutuma abo muri FDLR bategura igikorwa cyo kuzihorera.

Muri uko kwihorera niho haturutse imirwano yaguyemo abantu bavugwa mu bika bibanza.

Hari benshi mu batuye aho byabereye bahunze ingo zabo kandi kugeza kuri uyu wa Gatatu bari bataragaruka mu midugudu yabo.

TAGGED:FDLRMaiUbutakaWalikaleWazalendo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imitangire Ya Serivisi Ntiranoga- RGB
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FDLR Yarwanye Na Mai Mai

Imitangire Ya Serivisi Ntiranoga- RGB

Umusaruro Mbumbe W’ u Rwanda Wazamutseho 11.8% Mu Gihembwe Cya Gatatu

Uko Ikibazo Cya Feri Za Spiro Giteye

Umuvuno Wa Leta Wo Guca Amapfa Muri Kayonza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Yemeje Urwego Rwemerewe Kwita Ku Mbuto

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

Uburundi Buvuga Ko Nibiba Ngombwa Buzarwana N’u Rwanda 

Venezuela Ivuga Ko Trump Nta Kindi Ayishakaho Kitari Petelori

You Might Also Like

Mu mahanga

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tshisekedi Arashaka Ubufasha Bwa Gisirikare Bwa Angola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ingabo Zirenga 2,000 Za DRC n’Aba Wazalendo Zamaze Kugera Mu Burundi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Australia: Abantu 12 Biciwe Mu Gitero Cyagabwe Ku Bari Bitabiriye Umunsi W’Abayahudi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?