Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FPR Yanyomoje Imvugo Yitiriwe Perezida Kagame Ku Burasirazuba Bwa Congo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

FPR Yanyomoje Imvugo Yitiriwe Perezida Kagame Ku Burasirazuba Bwa Congo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 May 2021 4:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuryango FPR Inkotanyi watangaje ko ntacyo perezida wawo Paul Kagame yavuze ku Burasirazuba bwa Congo, mu nama ya komite nyobozi yabaye mu mpera z’icyumweru gishize.

Wasubizaga ku nkuru yanyuze mu itangazamakuru kuri uyu wa Mbere, igaruka ku bitekerezo byitiriwe Perezida Kagame, mu gihe nta kintu aheruka kuvuga ku bibera mu Burasirazuba bwa Congo.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter mu ndimi eshatu, RPF yagize iti “Gukosora ibyanditswe: Perezida wa FPR ntacyo yavuze na gato ku burasirazuba bwa Kongo mu nama ya komite nyobozi y’Umuryango (NEC) yabaye guhera kuri 30 Mata kugeza ku ya 1 Gicurasi 2021.”

Gukosora ibyanditswe: Perezida wa FPR ntacyo yavuze na gato ku burasirazuba bwa Kongo mu nama ya komite nyobozi y’Umuryango (NEC) yabaye guhera kuri 30 Mata kugeza ku ya 1 Gicurasi 2021.

— RPF Inkotanyi (@rpfinkotanyi) May 4, 2021

Ikinyamakuru IGIHE cyemeje ko ku wa 3 Gicurasi, ku ishami ry’Igifaransa hatambutse inkuru ku bwicanyi bukorerwa abanyamulenge mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iyo nkuru ngo yarimo “ibitekerezo by’umukuru w’igihugu ku kibazo cy’umutekano muke umaze igihe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo”.

Gikomeza kiti “Habayeho kutagaragaza igihe nyacyo ibyo bitekerezo byatangiwe, byitirirwa Inama Umukuru w’Igihugu aherutse kuyobora mu mpera z’icyumweru gishize, mu gihe atigeze avuga kuri iyi ngingo muri iyo nama.”

“Bigendanye n’amategeko ngengamikorere muri IGIHE, hafashwe ingamba zikumira ko ikosa nk’iri ryazasubira. Turisegura kuri aya makosa.”

Muri iyo nama Perezida Kagame yashimye uburyo umubano w’u Rwanda na Congo wifashe muri iki gihe, ku buryo ibihugu byombi bifatanya gukemura ibibazo byose byaba bihari.

TAGGED:AbanyamulengefeaturedFPRPaul Kagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Mukuru Wungirije wa RDB ‘Yateye Ivi’
Next Article José Mourinho Yagizwe Umutoza Wa AS Roma
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?