Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gakenke: Barataka Ko Imbwa Z’Agasozi Zibicira Amatungo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gakenke: Barataka Ko Imbwa Z’Agasozi Zibicira Amatungo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 December 2022 10:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mudugudu wa Bushoka, Akagari ka Gasiza, Umurenge wa Kivuruga mu Karere ka Gakenke haravugwa  imbwa z’inyamusozi zirya amatungo y’abaturage.

Batanga urugero rw’uko hari imbwa ebyiri ziherutse kwica intama eshatu zizisanze aho bazi baziziritse mu kigunda.

Byabaye kuri  uyu wa Kane Taliki 08, Ukuboza, 2022 mu masaha ashyira igicamunsi, ubwo imvura yari ihise.

Intama zariwe ni iz’uwitwa Venuste Manirafasha n’undi witwa Cléophas Dukore.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kivuruga Bwana Jean Paul Kabera yabwiye Taarifa ko imwe mu mbwa zariye intama z’uriya muturage yishwe n’abahigi, indi ikaba igishakishwa.

Ati:: “ Yego ibyo byarabaye. Izo ni imbwa z’agasozi zariye intama zizisanze aho zari ziziritse.Intama zariwe ni eshatu.”

Yavuze ko ba nyiri intama bazashumbushwa, kuko hasanzwe hari umushinga wo koroza abaturage.

Si ubwa mbere havuzwe inyamaswa zirya amatungo y’abaturage kuko no mu mwaka wa 2021 hari izavuzwe ko zavaga muri Pariki ya Gishwati Mukura zikica inyana z’imitavu.

Icyakora ikibazo cy’izi nyamaswa cyo cyaje gukemuka binyuze mu mikoranire y’inzego z’umutekano n’izo kwita ku bidukikije.

- Advertisement -
TAGGED:GakenkeGitifuIntamaKivuruga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abarimu Baturutse Muri Zimbabwe Baranyomoza Iby’Uko Bafashwe Nabi
Next Article Amafoto: I Nyanza Mu Rukari, Abanyamahanga Bizihiwe Kinyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?