Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gari Ya Moshi Ebyiri Zagonganye Hapfa Abantu 50
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gari Ya Moshi Ebyiri Zagonganye Hapfa Abantu 50

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 June 2021 2:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kugeza ubu Polisi ishinzwe umutekano mu muhanda muri Pakistan iri mu iperereza ryo  kumenya icyateye impanuka ya Gari ya Moshi ebyiri zagonganiye Islamabad mu murwa mukuru.

Kugeza ubu Polisi n’ingabo bari gukora uko bashoboye ngo barebe niba hari abarokotse kuko kugeza ubu hamaze kubarurwa abantu 70 bakomeretse bikomeye.

Amakuru ahari kugeza ubu avuga ko iriya mpanuka yatewe n’uko gari ya moshi y’ikigo Millat Express yarenze umuhanda yagenewe igwira indi.

Imwe yavaga ahitwa Karashi igana Sargodtha iza kugwa igeze Islamabad.

Ikinyamakuru cy’aho byabereye kitwa ARY News kivuga ko abenshi mu baguye muri iriya mpanuka ari abagore.

Minisitiri w’Intebe wa Pakistan Bwana Imran Khan yihanganishije ababuriye ababo muri iriya mpanuka.

Ikindi kandi ngo ni uko Minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu nawe yageze ahabereye iriya mpanuka, areba ibyabaye anihanganisha ababuze ababo.

Pakistan ni igihugu cyahoze gifatanye n’u Buhunde
TAGGED:featuredImpanukaPakistanPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Croix Rouge y’U Rwanda Yaremeye Abaturage Basaga 2500
Next Article Umunyamakuru Mecky Kayiranga Yasohoye ‘Indirimbo Ye Ya Mbere’ Y’Urukundo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?