Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Bakuye Uruhinja Mu Musarane Rugihumeka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Bakuye Uruhinja Mu Musarane Rugihumeka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 January 2023 3:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Cropped shot of a man touching his baby's feet
SHARE

Umwana w’uruhinja w’umunyamugisha abantu bamukuye mu bwiherero aho yari yatawe n’umuntu utaramenyekana. Amakuru avuga ko ruriya ruhinja rwari rumaze Icyumweru kimwe ruvutse.

Abaturage bo mu Mudugudu wa Ruvumera, Akagari ka Nyamabuye mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo nibo barutabaye.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatsata, Murebwayire Alphonsine avuga ko  umwe mu bantu bari bagiye kwiherera ari we warwumvise rurira aratabaza.

Murebwayire ati: “ Umuturage wari ugiye gukoresha ubwiherero yumvise umwana ararira mu bwiherero, ahamagara Polisi nayo yifashisha ababishinzwe, ku bw’amahirwe avamo ari muzima.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umwana yoherejwe ku bitaro bya Kaminuza bya KigalI, CHUK, ngo yitabweho mu gihe hagishakishwa uwaba yataye ruriya ruhinja mu bwiherero.

Abapolisi basanze uriya mwana akiri muzima.

Uyu muyobozi yasabye abaturage by’umwihariko ababyara bibatunguye kwirinda kwihekura.

Byabereye mu Gatsata mu Karere ka Gasabo
TAGGED:featuredGatsataPolisiUbwihereroUmwanaUruhinja
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nshyigikiye Ubumwe Bw’Abanyarwanda- Min W’Ububanyi N’Amahanga Wa Turikiya
Next Article Kagame Yakiriye Minisitiri Wa Turikiya Ushinzwe Ububanyi N’Amahanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?