Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Bakuye Uruhinja Mu Musarane Rugihumeka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Bakuye Uruhinja Mu Musarane Rugihumeka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 January 2023 3:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Cropped shot of a man touching his baby's feet
SHARE

Umwana w’uruhinja w’umunyamugisha abantu bamukuye mu bwiherero aho yari yatawe n’umuntu utaramenyekana. Amakuru avuga ko ruriya ruhinja rwari rumaze Icyumweru kimwe ruvutse.

Abaturage bo mu Mudugudu wa Ruvumera, Akagari ka Nyamabuye mu Murenge wa Gatsata mu Karere ka Gasabo nibo barutabaye.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gatsata, Murebwayire Alphonsine avuga ko  umwe mu bantu bari bagiye kwiherera ari we warwumvise rurira aratabaza.

Murebwayire ati: “ Umuturage wari ugiye gukoresha ubwiherero yumvise umwana ararira mu bwiherero, ahamagara Polisi nayo yifashisha ababishinzwe, ku bw’amahirwe avamo ari muzima.”

Umwana yoherejwe ku bitaro bya Kaminuza bya KigalI, CHUK, ngo yitabweho mu gihe hagishakishwa uwaba yataye ruriya ruhinja mu bwiherero.

Abapolisi basanze uriya mwana akiri muzima.

Uyu muyobozi yasabye abaturage by’umwihariko ababyara bibatunguye kwirinda kwihekura.

Byabereye mu Gatsata mu Karere ka Gasabo
TAGGED:featuredGatsataPolisiUbwihereroUmwanaUruhinja
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nshyigikiye Ubumwe Bw’Abanyarwanda- Min W’Ububanyi N’Amahanga Wa Turikiya
Next Article Kagame Yakiriye Minisitiri Wa Turikiya Ushinzwe Ububanyi N’Amahanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kirehe: Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?