Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Bamukubise Urushyi Arapfa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Bamukubise Urushyi Arapfa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 September 2023 3:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mudugudu wa Rwankuba, Akagari k’Agateko mu Murenge wa Jali muri Gasabo ejo mu masaha y’ijoro  bivugwa ko Sibomana Jean Pierre uri mu kigero cy’imyaka 28  yakubise urushyi Hakizimana Innocent w’imyaka 43 arapfa!

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Agateko, Hatangimana Jean Claude, yabwiye  UMUSEKE dukesha iyi nkuru  ko uwabikoze yabikoreshejwe n’ubusinzi.

Gitifu avuga ko byabaye saa tatu z’ijoro ubwo Jean Pierre yari agiye kuvunjisha ibiceri ahura na Innocent.

Uyu yabajije Jean Pierre ati: “ Kuki ugurira abagore njye ntungurire?”

Undi yahise arakara amukubita urushyi inzogera irirenga!

Urushyi bakubise Innocent rwamugushije hasi ntiyongera kweguka.

Gitifu avuga ko ibyo bikiba, yihutanywe ku ivuriro ngo barebe ko yazanzamuka ariko biranga.

Abaturage bakanguriwe kwirinda ubusinzi bukabije, kwirinda gusindira mu ruhame no kwirinda kwihanira.

Amakuru avuga ko ukekwaho kiriya cyaha asanzwe avugwaho imyitwarire y’ubusinzi.

Ikindi ni uko mbere y’uko ahura n’uwo musore, yabanje guca aho bakinira biyari ahava ajya kuvunjisha nibwo yahuraga n’uwo bashyamiranye mu buryo twavuze haruguru.

Umurambo wahise ujyanwa mu buruhukiro by’i Bitaro bya Nyarugenge mu gihe ukekwa afungiye kuri RIB sitasiyo ya Jali.

TAGGED:featuredGasaboInzogaUmugaboUrushyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga: Meya Ntiyemera Ko Abaturage ‘Bafite Inzara’
Next Article Perezida Wa Koreya Ya Ruguru Mu Rugendo Ajya Mu Burusiya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?