Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Biyitaga Abasirikare Bakanywa Inzoga Ntibishyure
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Biyitaga Abasirikare Bakanywa Inzoga Ntibishyure

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 July 2022 3:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Gasabo hafatiwe abagabo babiri bavugaga ko ari abasirikare ba RDF bakanywa inzoga z’abaturage barangiza ntibishyure. Uwavugaga bamubwiraga ko ibyo arimo atabizi.

Umwe muri bo yavugaga ko ari umusirikare mukuru, undi akavuga ko ashinzwe kumurindira umutekano.

Aimable Muhingabo niwe wiyitaga umusirikare mukuru n’aho Martin Gakusi akavuga ko ashimizwe kumurindira umutekano.

Ikinyamakuru Hanga.rw cyanditse ko bamwe mu bambuwe inzoga zabo harimo uwitwa Anastase Nsengiyumva wambuwe inzoga zifite agaciro ka Frw 27,000.

Hari n’abagore babiri bivugwa ko bakubise bahuriye nabo mu nzira bigendera.

Abo bombi bafungiwe kuri Station ya Jabana.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Jabana witwa Louis de Gaunzague Rwamucyo uyobora Umurenge wa Jabana yemeje ariya makuru.

Yabwiye cya kinyamakuru ati: “Nibyo kuko ayo makuru twayabonye, bashyikirijwe inzego z’umutekano hari gukorwa iperereza. Ikigaragara nuko ari abajura batuburiraga abaturage”.

Amakuru dufite ni uko abafashwe batari abasirikare.

Amategeko y’u Rwanda ahana umuntu wiyitiriye urwego kandi atarukorera.

TAGGED:AbasirikarefeaturedGasaboJabana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inzovu 50 Zatorotse Zijya Mu Mirima Y’Abaturage
Next Article Rwanda: Ingengo Y’Imari Y’Ibarura Rusange Ry’Abaturage Yamenyekanye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?