Icyonnyi kitwa Mukondo w’inyana kiravugwaho kwibasira imyaka yari yaratewe kuri hegitari 403. Icyo cyonnyi gifata ibihingwa bikiri mu butaka ntibimere. Abaturage bonewe nacyo bavuga ko bahinze...
Mu karere ka Gasabo batangije icyo bise ‘Operation Mu Mizi’ kigamije gufasha urubyiruko rw’aho ruri mu biruhuko kwibuka ko ubusambanyi, gukoresha ibiyobyabwenge no kutirinda COVID-19 byashyira...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko hari imirenge imwe n’imwe yo mu Ntara yashyize muri Guma mu rugo. Iyi Minisiteri ivuga ko byatewe n’ubwiyongere bw’icyorezo COVID-19 bumaze...
Mu Karere ka Karongi hari abaturage babwiye Taarifa ko bagenzi babo basangirira urwagwa cyangwa ikigage bakoresheje umuheha umwe. Impungenge ni uko bazanduzanya COVID-19 hamwe n’izindi ndwara...