Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gen Kulayigye Yongeye Kugirwa Umuvugizi W’Ingabo Za Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gen Kulayigye Yongeye Kugirwa Umuvugizi W’Ingabo Za Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 February 2022 11:22 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Yoweli Museveni yongeye guha Brig General Felix Kulayigye inshingano zo kuba Umuvugizi w’Ingabo za Uganda, UPDF, asimbuye Brigadier General Flavia Byekwaso.

Kulayigye yari asanzwe ari mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda, ahagarariye Ingabo za Uganda.

Yagiye mu ngabo za Uganda mu mwaka wa 1989 arangije Kaminuza ya Makerere.

Yabaye umusirikare wayoboraga abandi mu rugamba rwo guhangana n’abarwanyi bo muri Lord Resistance Army bari baraciye ibintu mu Majyaruguru ya Uganda.

Yigeze kuba umuvugizi w’ingabo za Uganda guhera mu mwaka wa 2005 kugeza mu mwaka wa 2013.

Mu mwaka wa 2016 nibwo yatorewe kujya mu Nteko ishinga amategeko ya Uganda ahagarariye ingabo za Uganda .

Yavuye muri uyu mwanya mu mwaka ushize wa 2021.

Yigeze no kuba umwe mu basirikare barinda Umukuru w’igihugu.

Brigadier General Felix Kulayigye yasubijwe mu kazi ko kuba Umuvugizi w’ingabo za Uganda asimbuye Brig General Flavia Byekwaso ubu uri mu masomo mu ishuri rikuru rya gisirikare rya Uganda ryitwa National Defence College Uganda.

Gen Kulayigye yashakanye na Justine Bagonza bakaba bafitanye abana batanu, barimo abakobwa batatu n’abahungu babiri.

TAGGED:featuredKulayigyeMuseveniUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Filozofe Prof Nzeyimana Ati: ‘ Coup d’Etat Ikorwa Ahantu Hari Icyuho Runaka’
Next Article Ubuzima Bw’Umutetsi Wabigize Umwuga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?