Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gen Muganga Yasabiye APR FC Imbabazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Gen Muganga Yasabiye APR FC Imbabazi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 October 2022 12:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka akaba na Perezida wa APR FC Lt Gen Mubarakh Musabye yasabye imbabazi abafana na APR FC kubera ko imaze iminsi ibaraza nabi kuko yatsinzwe cyangwa yanganyije.

Avuga ko  bari kureba uko iki kibazo cyabonerwa umuti urambye.

Gen Muganga ati: “Nsabe imbabazi abakunzi ba APR FC ko tutarabaha ibyishimo tubagomba mu mikino myinshi itambutse kandi turi mu gushaka igisubizo cyabyo kirambye.”

Bamwe mu bafana ba APR FC bavuga ko muri iki gihe ikeneye impinduka kandi nabo bakemererwa kujya batanga ibitekerezo kuri radio n’ahandi hose hagamijwe ko izo mpinduka zitanga umusaruro nk’uko byahoze.

Ikindi kandi ngo ni uko iyi kipe ikeneye no gukinisha abakinnyi b’abanyamahanga kugira ngo irebe ko yaminjira agafu mu mikinire y’Abanyarwanda kuko mu Rwanda baratsinda ariko mu mahanga intsinzi ikabura.

Iby’imikinire idahwitse ya APR FC muri iki gihe yatangiye kwibazwaho cyane nyuma yo gusezererwa mu marushanwa nyafurika y’amakipe yabaye aya mbere iwayo, CAF Champions Ligue, ikuwemo na US Monastir.

Icyo gihe yatsinzwe mu buryo bworoshye ibitego  3-1.

"Nsabe imbabazi abakunzi ba APR FC ko tutarabaha ibyishimo tubagomba mu mikino myinshi itambutse kandi turi mu gushaka igisubizo cyabyo kirambye" – Lt Gen Muganga Mubarakh.

Mu butumwa bwe yohereje mu URUBUGA RW'IMIKINO, yashimangiye ko "discipline" ari yo nkingi ya byose. pic.twitter.com/LMn9lDyZfP

— RADIO RWANDA (@Radiorwanda_RBA) October 8, 2022

Umukino wakurikiyeho nawe yawutsinze yiyushye akuya kuko yatsinze Rwamagana FC ibitego 3-2 kandi nabwo bigoranye.

Taliki 07, Ukwakira, 2022 Bugesera FC yatsinze APR FC 2-1.

Umutoza wa APR FC, Adil Erradi Muhammed we nyuma y’umukino yavuze ko abakinnyi be batarimo gukina bashyize hamwe nk’ikipe.

Ngo hari icyo babura.

TAGGED:APR FCImikinoMuganga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article 40.5% By’Abatuye Umujyi Wa Kigali Bafite Ibibazo Byo Mu Mutwe
Next Article BK Irashaka Gufasha Ab’i Nyagatare Kuzamura Umukamo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

You Might Also Like

ImikinoIzamamazaMu Rwanda

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Nyakarundi Yaganirije Bagenzi Be Ba Somalia Na Qatar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

U Rwanda Rugiye Kwakira Inama Y’Abagaba Bakuru B’Ingabo Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Iteramakofe: Mukazayire Yasabye Ikipe Y’u Rwanda Kuzatahana Imidali

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?