Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gen. Muhoozi Kainerugaba Ari Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gen. Muhoozi Kainerugaba Ari Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 October 2022 2:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hashize igihe gito Gen Muhoozi Kainerugaba ageze mu Rwanda. Yaje aherukejwe na Andrew Mwenda nk’uko umunyamakuru uri mu bakomeye muri Uganda witwa Canaru Mugume ukorera NBS yabishyize kuri Twitter .

Uyu mugabo aherutse kuvugwa cyane mu itangazamakuru ryo mu Karere u Rwanda ruherereyemo nyuma y’uko Perezida Yoweli Museveni ari nawe Se umubyara atangaje ko amuvanye ku buyobozi bw’ingabo zirwanira ku butaka ariko akamuha ipeti rya Jenerali w’inyenyeri enye.

Gen.Muhoozi Kainerugaba is Rwanda, again for meetings with President Kagame. Accompanying him is Andrew Mwenda. @nbstv pic.twitter.com/z1i8bnM3uY

— Canary Mugume (@CanaryMugume) October 15, 2022

Hari nyuma ya tweets nyinshi yari amaze iminsi akora harimo n’ivuga ko we n’ingabo ze zirwanira ku butaka bafata umujyi wa Nairobi mu Byumweru bibiri.

Andrew Mwenda ni murumuna wa Gen Kayanja Muhanga wasimbuye Kainerugaba ku buyobozi bw’ingabo zirwanira ku butaka za Uganda.

Muhanga we yahise asimburwa ku buyobozi bw’ingabo za Uganda yayoboraga muri DRC muri operation yitwa Sujaa na Major General Dick Olumu.

Kainerugaba yaherukaga mu Rwanda mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2022.

Gen Kainerugaba Muhoozi Yongeye Guhura Na Perezida Kagame

TAGGED:featuredKagameKainerugabaMuseveniMwendaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Majyepfo Barasaba Ko Inkwano Ivaho
Next Article Umugambi Mugari W’u Bushinwa Wo Kwigarurira Taiwan
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?