Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gen. Muhoozi Kainerugaba Ari Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gen. Muhoozi Kainerugaba Ari Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 October 2022 2:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hashize igihe gito Gen Muhoozi Kainerugaba ageze mu Rwanda. Yaje aherukejwe na Andrew Mwenda nk’uko umunyamakuru uri mu bakomeye muri Uganda witwa Canaru Mugume ukorera NBS yabishyize kuri Twitter .

Uyu mugabo aherutse kuvugwa cyane mu itangazamakuru ryo mu Karere u Rwanda ruherereyemo nyuma y’uko Perezida Yoweli Museveni ari nawe Se umubyara atangaje ko amuvanye ku buyobozi bw’ingabo zirwanira ku butaka ariko akamuha ipeti rya Jenerali w’inyenyeri enye.

Gen.Muhoozi Kainerugaba is Rwanda, again for meetings with President Kagame. Accompanying him is Andrew Mwenda. @nbstv pic.twitter.com/z1i8bnM3uY

— Canary Mugume (@CanaryMugume) October 15, 2022

Hari nyuma ya tweets nyinshi yari amaze iminsi akora harimo n’ivuga ko we n’ingabo ze zirwanira ku butaka bafata umujyi wa Nairobi mu Byumweru bibiri.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Andrew Mwenda ni murumuna wa Gen Kayanja Muhanga wasimbuye Kainerugaba ku buyobozi bw’ingabo zirwanira ku butaka za Uganda.

Muhanga we yahise asimburwa ku buyobozi bw’ingabo za Uganda yayoboraga muri DRC muri operation yitwa Sujaa na Major General Dick Olumu.

Kainerugaba yaherukaga mu Rwanda mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2022.

Gen Kainerugaba Muhoozi Yongeye Guhura Na Perezida Kagame

TAGGED:featuredKagameKainerugabaMuseveniMwendaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Majyepfo Barasaba Ko Inkwano Ivaho
Next Article Umugambi Mugari W’u Bushinwa Wo Kwigarurira Taiwan
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?