Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: General Muganga Yavuze Akazi Ingabo Zikorera Mu Mahanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

General Muganga Yavuze Akazi Ingabo Zikorera Mu Mahanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 August 2025 9:43 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

General Mubarakh Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda yabwiye urubyiruko rwitabiriye urubyiruko Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15, ruri mu kigo cy’ubutore cya Nkumba mu Karere ka Burera ko RDF ikora akazi k’ingirakamaro haba muri Mozambique no muri Repubulika ya Centrafrique.

Avuga ko bimwe mu bikorwa bya RDF muri ibyo bihugu bikubiye mu masezerano yasinywe hagati y’ibihugu byombi mu murongo wo gushaka ibisubizo by’Abanyafurika ku bibazo byabo.

Hari mu kiganiro cyari gifite insanganyamatsiko igaruka ku kuba Afurika ikwiye kwishakamo ibisubizo ku bibazo byayo.

Avuga ko uruhare rw’ingabo z’u Rwanda mu gutanga umusanzu ufatika muri urwo rugendo, rugaragara.

Gen Mubarakh Muganga yashishikarije urubyiruko gukora cyane no kumva uruhare rwarwo nk’abayobozi b’ejo hazaza mu guteza imbere u Rwanda na Afurika muri rusange.

Muganga asaba urubyiruko kuzamura ubumenyi n’ubushobozi bwarwo mu gushakira Afurika ibisubizo by’ibibazo biyugarije by’ubukene, amakimbirane, ibibazo by’ubuzima n’ibindi.

Itorero Indangamirwa ryatangiye kuva tariki ya 01, Nyakanga kugeza tariki ya 14, Kanama 2025, rihurije hamwe urubyiruko 438 rurimo abiga cyangwa abatuye mu mahanga, n’abandi biga mu mashuri mpuzamahanga yo mu Rwanda.

Bahawe amasomo y’ubumenyi bw’ibanze mu bya gisirikare, ibiganiro ku mateka y’u Rwanda, uburere mboneragihugu, ubumwe n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda, u Rwanda rwifuzwa, uburezi no guhanga udushya.

TAGGED:AbanafeaturedIngaboMugangaUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ukraine Yahejwe Mu Biganiro Byo Kurangiza Intambara Yayishegeshe
Next Article Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amahoro Na Kigali Pelé Stadium Zemerewe Kwakira Amarushanwa Nyafurika 

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

General Muganga Yavuze Akazi Ingabo Zikorera Mu Mahanga

Ukraine Yahejwe Mu Biganiro Byo Kurangiza Intambara Yayishegeshe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Sandra Teta Yarekuwe

Burundi: Umugore Yagizwe Minisitiri W’Ingabo

Ibyotsi Bihumanya Ikirere Cy’u Rwanda Byikubye 5 Mu Bukana- REMA

Nyanza: Umurambo W’Umusore Wari Umaze Icyumweru Yarabuze Bawusanze Mu Mufuka

Imbaduko PM Nsengiyumva Atangiranye Mu Kuzamura Ubuhinzi N’Ubworozi

You Might Also Like

IbidukikijeImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Hari Icyo Abana Basaba Abayobozi Bakuru B’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ubwizigame Bw’Abanyarwanda Ntiburagera No Kuri 50%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?