Gianni Infantino Yongeye Gutorerwa Kuyobora FIFA

Amatora ya Perezida  wa FIFA amaze gutorera Gianni Infantino kongera kuyobora FIFA muri Manda y’imyaka ine.

Aya matora ari kubera muri BK Arena akaba yitabiriwe n’abantu bakabakaba 2000, baturutse mu bihugu birenga 200.

 Giovanni Vincenzo “Gianni” Infantino ni Umusuwisi wavutse taliki 23, Werurwe, 1970. Akomoka ku Bataliyani ari bo

Mu mwaka wa 2016 nibwo yatangiye kuyobora FIFA by’agateganyo nyuma y’uko abari abayobozi bayo bakuru bari bamaze gufungwa bakurikiranyweho ruswa.

- Advertisement -

Yaje gutorwa muri Kamena 2019.

Amatora yabereye mu Rwanda yamuhaye manda y’imyaka ine.

Niwe wari umukandida rukumbi.

Infantino avuga indimi zirindwi: Igitaliyani, Icyesipanyolo, Igifaransa, Ikidage, Icyongereza, Igipolutigali n’Icyarabu.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version