Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gisagara: Huzuye Uruganda Rw’Amashanyarazi Akomoka Kuri Nyiramugengeri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Gisagara: Huzuye Uruganda Rw’Amashanyarazi Akomoka Kuri Nyiramugengeri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 January 2024 12:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uru ruganda ruherereye mu Murenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara. Rwatangiye gutanga amashanyarazi mu mwaka wa 2021, icyo gihe intego ikaba yari iy’uko ruzatanga hagati ya megawati 40 na megawati 80.

Nyuma haje kuvugwa ikibazo cy’uko rutazabona nyiramugengeri ihagije kugura ngo amashanyarazi ruzatunanya azabe ahagije.

Nyiramugengeri ikoreshwa muri uru ruganda icukurwa mu gishanga cya Mamba bigitangira ikaba yaravugwaho ko izaba ihagije ku buryo yazatanga amashanyarazi mu gihe cy’imyaka 26 iri imbere.

Kubera ubuke bwa nyiramugengeri iboneka kugeza ubu idahagije, ubu haboneka iyatuma haboneka megawati 30.

Ni uruganda ruzafasha u Rwanda kongera umubare w’amashanyarazi rukoresha mu iterambere ryarwo.

Bivugwa ko kurwubaka byatwaye amadorali ya Amerika asaga miliyoni magana ane (400,000,000 $), ni ukuvuga arenga miliyari 400 Frw.

Abaturage bubatse uru ruganda bashima ko rwabahaye akazi, ako kazi gatuma bagira uko banoza imibereho yabo ku mushahara bagenerwaga.

Imibare ya REG igaragaza ko 77% bya nyiramugengeri yose u Rwanda rufite iri mu gishanga cy’Akanyaru n’icya Nyabarongo ariko kandi ikaba no mu kibaya bya Rwabusoro.

Iki  kibaya kuba ku mugezi w’Akanyaru hagati y’Akarere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo n’aka Bugesera mu Ntara y’Uburasirazuba.

Hari urundi ruganda rutunganya nyarimugengeri ruba mu Karere ka Rusizi ahitwa Gishoma.

TAGGED:AbaturageAmashanyarazifeaturedGisagaraNyanzaUruganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyamakuru Yiyanditseho Inkuru Imukoraho
Next Article Isuku Y’Umutwe W’Abana Niyo Biyemeje Gushoramo Imari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?