Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Goma: “Bongeye” Gutwika Ibendera Ry’Amerika Bavuga Ko Ishyigikiye u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Goma: “Bongeye” Gutwika Ibendera Ry’Amerika Bavuga Ko Ishyigikiye u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 February 2024 2:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urubyiruko rw’i Goma rwatangije imyigaragambyo aho rwamagana Leta zunze ubumwe z’Amerika n’Umuryango mpuzamahanga muri rusange bawushinja ko wirengagiza nkana ubushotoranyi bavuga ko bukorwa n’u Rwanda.

Ibi babikoze nyuma y’uko mu byumweru bishize, hari abandi bnabo batwitse iri bendera ry’Amerika bavuga ko ikorana n’u Rwanda na Uganda mu kubakingira ikibaba no kubashyigikira mu gusahura DRC.

Uwari uyoboye abigarambyaga icyo gihe yavugaga ko mu bihe bitandukanye Amerika yagaragaje ko idashyigikiye ibibera muri kiriya gihugu ariko ngo bo basanze ari urwiyerurutso.

Amashusho icyo gihe bashyize kuri X yagaragazaga abantu benshi biganjemo urubyiruko bicaye bateze amatwi uwo muntu wababwiraga ibibi by’Amerika mu Ilingala.

Icyo yababazaga bamusubizaga mu ijwi riranguruye bamushyigikiye.

Go back

Your message has been sent

Warning
Warning
Warning
Warning

Warning.

TAGGED:AmerikaIbenderaUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tour Du Rwanda 16: Abakinnyi Bajyaga Kibeho Bakoze Impanuka
Next Article Umunya Israel Yatwaye Agace Ka Muhanga- Kibeho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?