Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Goma: “Bongeye” Gutwika Ibendera Ry’Amerika Bavuga Ko Ishyigikiye u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Goma: “Bongeye” Gutwika Ibendera Ry’Amerika Bavuga Ko Ishyigikiye u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 February 2024 2:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urubyiruko rw’i Goma rwatangije imyigaragambyo aho rwamagana Leta zunze ubumwe z’Amerika n’Umuryango mpuzamahanga muri rusange bawushinja ko wirengagiza nkana ubushotoranyi bavuga ko bukorwa n’u Rwanda.

Ibi babikoze nyuma y’uko mu byumweru bishize, hari abandi bnabo batwitse iri bendera ry’Amerika bavuga ko ikorana n’u Rwanda na Uganda mu kubakingira ikibaba no kubashyigikira mu gusahura DRC.

Uwari uyoboye abigarambyaga icyo gihe yavugaga ko mu bihe bitandukanye Amerika yagaragaje ko idashyigikiye ibibera muri kiriya gihugu ariko ngo bo basanze ari urwiyerurutso.

Amashusho icyo gihe bashyize kuri X yagaragazaga abantu benshi biganjemo urubyiruko bicaye bateze amatwi uwo muntu wababwiraga ibibi by’Amerika mu Ilingala.

Icyo yababazaga bamusubizaga mu ijwi riranguruye bamushyigikiye.

Go back

Your message has been sent

Warning
Warning
Warning
Warning

Warning.

TAGGED:AmerikaIbenderaUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tour Du Rwanda 16: Abakinnyi Bajyaga Kibeho Bakoze Impanuka
Next Article Umunya Israel Yatwaye Agace Ka Muhanga- Kibeho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?