Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gusemurira Papa Francis Byamugize Icyamamare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gusemurira Papa Francis Byamugize Icyamamare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 February 2023 4:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Musenyeri Loboka ni umwe mu bihayimana bo muri Sudani y’Epfo witwa Apostles of Jesus bakorera muri Sudani no muri Sudani Y’Epfo.

Mu minsi ishize ubwo igihugu cye cyasurwaga na Papa Francis yagiriwe icyizere cyo gusemurira Papa Francis ibyahavugirwaga mu Gitaliyani.

Abanyapolitiki bo muri Sudani y’Epfo bakoresha Icyongereza kubera ko ari rwo rurimi benshi bumva kuko habayo amoko menshi avuga indimi zitandukanye.

Mgr Loboka avuga ko  mbere y’uko akora kariya kazi yari yabanje kugira ubwoba, yumva ko atazashobora kuvugira imbere ya Papa ngo amusemurire ibyavugirwaga imbere ye byose.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nyuma yo kubishishikarizwa na bagenzi be, ndetse n’inshuti, zikamwumvisha ko yabishobora, Mgr Loboka yaje kuva ku izima.

Yabwiye ikinyamakuru South Sudan in Forces ati: “ Naje kubyiyemeza mpitamo gukora ibyo nasabwaga kandi ubu ndishimira ko nabishoboye.”

Mgr Loboka avuga Icyongereza, Igitaliyani, Icyarabu ndetse n’Igifaransa.

Yize i Juba amashuri abanza, akomereza muri Seminari yitiriwe Mariya ariko za gukomereza muri za Kaminuza z’i Roma.

Uyu mugabo wihaye Imana kandi asanzwe avuga indimi gakondo zo muri Uganda harimo urwitwa Luchiga n’urwitwa Pojolu kuko Nyina akomoka muri kiriya gihugu.

- Advertisement -

Nyina ni Umunya Ugandakazi naho Se akaba uwo muri Sudani y’Epfo.

Avuga kandi ko azi n’Igiswayile.

Agira inama abandi baturage ba Sudani y’Epfo kumenya indimi z’amahanga kugira ngo bazajye babona uko bahangana ku isoko ry’umurimo.

TAGGED:FrancisMusenyeriPapaSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuraperi Ukomeye Wo Muri Afurika Y’Epfo Yishwe
Next Article Inkotanyi Zabarokoye Mufitanye Isanomuzi- Min Bizimana Abwira Abo Muri AERG
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?