Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gusemurira Papa Francis Byamugize Icyamamare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gusemurira Papa Francis Byamugize Icyamamare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 February 2023 4:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Musenyeri Loboka ni umwe mu bihayimana bo muri Sudani y’Epfo witwa Apostles of Jesus bakorera muri Sudani no muri Sudani Y’Epfo.

Mu minsi ishize ubwo igihugu cye cyasurwaga na Papa Francis yagiriwe icyizere cyo gusemurira Papa Francis ibyahavugirwaga mu Gitaliyani.

Abanyapolitiki bo muri Sudani y’Epfo bakoresha Icyongereza kubera ko ari rwo rurimi benshi bumva kuko habayo amoko menshi avuga indimi zitandukanye.

Mgr Loboka avuga ko  mbere y’uko akora kariya kazi yari yabanje kugira ubwoba, yumva ko atazashobora kuvugira imbere ya Papa ngo amusemurire ibyavugirwaga imbere ye byose.

Nyuma yo kubishishikarizwa na bagenzi be, ndetse n’inshuti, zikamwumvisha ko yabishobora, Mgr Loboka yaje kuva ku izima.

Yabwiye ikinyamakuru South Sudan in Forces ati: “ Naje kubyiyemeza mpitamo gukora ibyo nasabwaga kandi ubu ndishimira ko nabishoboye.”

Mgr Loboka avuga Icyongereza, Igitaliyani, Icyarabu ndetse n’Igifaransa.

Yize i Juba amashuri abanza, akomereza muri Seminari yitiriwe Mariya ariko za gukomereza muri za Kaminuza z’i Roma.

Uyu mugabo wihaye Imana kandi asanzwe avuga indimi gakondo zo muri Uganda harimo urwitwa Luchiga n’urwitwa Pojolu kuko Nyina akomoka muri kiriya gihugu.

Nyina ni Umunya Ugandakazi naho Se akaba uwo muri Sudani y’Epfo.

Avuga kandi ko azi n’Igiswayile.

Agira inama abandi baturage ba Sudani y’Epfo kumenya indimi z’amahanga kugira ngo bazajye babona uko bahangana ku isoko ry’umurimo.

TAGGED:FrancisMusenyeriPapaSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuraperi Ukomeye Wo Muri Afurika Y’Epfo Yishwe
Next Article Inkotanyi Zabarokoye Mufitanye Isanomuzi- Min Bizimana Abwira Abo Muri AERG
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?