Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gusoma Umwanzuro K’Ubujurire Mu Rubanza Rwa Rusesabagina Byimuwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gusoma Umwanzuro K’Ubujurire Mu Rubanza Rwa Rusesabagina Byimuwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 March 2022 11:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iminsi yabanye micye abanditsi b’Urukiko rw’ubujurire kugira ngo babe barangije kwandika imyanzuro y’Urukiko ku bujurire bwatanzwe n’Ubushinjacyaha bushaka ko Paul Rusesabagina afungwa burundu n’aho abunganira Sankara bo bagashaka ko agabanyirizwa igihano.

Urukiko rw’ubujurire rwavuze ko iminsi 30 rwari rwarihaye yabaye micye kugira ngo abanditsi bwarwo babe barangije kwandika urubanza rwose.

Isomwa ryarwo ryimuriwe Taliki 04, Mata, 2022 nk’uko Perezida w’Urukiko rw’Ubujurire François Regis Rukundakuvuga yabyanzuye.

Urukiko Rurasoma Imyanzuro Ku Bujurire Mu Rubanza Rwa Rusesabagina N’Abandi Bareganwa

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
TAGGED:featuredRusesabaginaSankaraUrubanza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Ruhango Hafatiwe Udupfunyika Ibihumbi 18 Tw’Urumogi
Next Article M23 Yabwiye Ingabo Za Leta Ko Yiteguye Intambara Yeruye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?