Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverinoma Yakuyeho Nkunganire Ku Giciro Umugenzi Yishyuraga Bisi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Guverinoma Yakuyeho Nkunganire Ku Giciro Umugenzi Yishyuraga Bisi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 March 2024 12:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore yatangaje ko amafaranga Guverinoma yashyiraga mu bikorwa byo gutwara abantu mu gihugu mu rwego rwa ‘Nkunganire’ yavanyweho.

Ni icyemezo cyari kimaze iminsi kivugwa ko kizafatwa igihe gahunda y’ikoranabuhanga yo gufasha abantu kwishyura igiciro cy’urugendo rw’aho bagenze rizaba ryatangiye gukora.

Dr. Gasore yari aherutse kuvuga ko bizafasha Abanyarwanda kutaremererwa n’ikiguzi cy’urugendo ubwo Guverinoma izaba yahagaritse “Nkunganire” yarihiraga umugenzi.

Umuntu azajya yishyura igiciro kingana n’aho bisi imugejeje

Hagati aho kandi muri uku kwezi kwa Werurwe, 2024 Minisiteri y’ibikorwa remezo yatangaje ko hari izindi bisi zizagera mu Rwanda kunganira izisanzwe zitwara abagenzi.

TAGGED:BisifeaturedGasoreIgiciroIngengoNkunganire
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kiyovu Yahagaritse Niyonzima Sefu
Next Article Minisitiri W’Ububanyi N’Amahanga Wa Tanzania Ari Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?