Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yasanze ari ngombwa ko ubworozi bw’amafi bushyirwa mu bwishingizi kugira ngo bwongerwemo ishoramari bityo ibiyaga by’u Rwanda bibyazwe ‘umusaruro ukwiye.’ Aborozi b’amafi mu...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, gifite abakozi b’abahanga mu bintu byinshi ariko ku rundi ruhande uwareba ibyo gikora yakwibaza impamvu imishinga ikomeye y’igihugu...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, mu minsi ibiri imaze gufata ibilo 550 by’ifumbire Leta igenera abahinzi muri gahunda...