Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverinoma Y’u Rwanda Yamaganye Ibyo Perezida Ndayishimiye Arushinja
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Guverinoma Y’u Rwanda Yamaganye Ibyo Perezida Ndayishimiye Arushinja

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2023 8:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Yolande Makolo
SHARE

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo yatangarije kuri X ko ibyo Perezida Evariste Ndayishimiye yaraye atangaje by’uko u Rwanda rufasha RED Tabara ari ikinyoma. Makolo yasabye u Burundi gukemura ibibazo birureba, ntibugire uwo bwitwaza.

Yolande Makolo yavuze ko u Burundi bwagombye kwibuka ko igihe cyose habaga hari abarwanyi babwo babaga bari ku butaka bw’u Rwanda rwabafashe rubashyikiriza inzego z’ u Burundi zishinzwe umutekano n’ubutabera.

Itangazo Makolo yashyize kuri X rivuga ko u Rwanda ntaho ruhuriye n’umutwe w’inyeshyamba uwo ari we wese witwara gisirikare ukorera mu Burundi.

U Rwanda ruvuze ibi nyuma y’uko Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye abwiriye abanyamakuru n’abaturage b’igihugu cye ko u Rwanda ari rwo rucumbikiye, rutera inkunga iyo ari yo yose abarwanyi ba RED Tabara.

Ndayishimiye yavuze ko u Rwanda ari narwo rucumbikiye abagerageje gukora coup d’état mu Burundi mu mwaka wa 2015.

Yavuze ko bitari bikwiye ko u Rwanda rutera inkunga abantu bice abana, abagore n’abageze mu zabukuru.

Ibya RED Tabara byari biherutse kugarukwaho muri Politiki y’u Burundi nyuma y’ibitero uyu mutwe wagabye mu gice iki gihugu kigabaniraho na DRC wica abantu benshi.

Uburundi Bwatewe

TAGGED:BurundifeaturedMakoloREDRwandaTabaraYolande
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafunze Uwo Muri ADEPR Wiyitaga Umuhanuzi
Next Article Abasirikare Ba Afurika Y’Epfo Ba Mbere Bageze Muri DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

You Might Also Like

ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi Rusange

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Bigenda Gute Ngo Umubiri Wakomeretse Wisane?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Shampiyona Y’Abagore Y’u Rwanda Izajya Ica Kuri Rubuga Rwa FIFA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?