Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverinoma Y’u Rwanda Yamaganye Ibyo Perezida Ndayishimiye Arushinja
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Guverinoma Y’u Rwanda Yamaganye Ibyo Perezida Ndayishimiye Arushinja

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2023 8:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Yolande Makolo
SHARE

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo yatangarije kuri X ko ibyo Perezida Evariste Ndayishimiye yaraye atangaje by’uko u Rwanda rufasha RED Tabara ari ikinyoma. Makolo yasabye u Burundi gukemura ibibazo birureba, ntibugire uwo bwitwaza.

Yolande Makolo yavuze ko u Burundi bwagombye kwibuka ko igihe cyose habaga hari abarwanyi babwo babaga bari ku butaka bw’u Rwanda rwabafashe rubashyikiriza inzego z’ u Burundi zishinzwe umutekano n’ubutabera.

Itangazo Makolo yashyize kuri X rivuga ko u Rwanda ntaho ruhuriye n’umutwe w’inyeshyamba uwo ari we wese witwara gisirikare ukorera mu Burundi.

U Rwanda ruvuze ibi nyuma y’uko Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye abwiriye abanyamakuru n’abaturage b’igihugu cye ko u Rwanda ari rwo rucumbikiye, rutera inkunga iyo ari yo yose abarwanyi ba RED Tabara.

Ndayishimiye yavuze ko u Rwanda ari narwo rucumbikiye abagerageje gukora coup d’état mu Burundi mu mwaka wa 2015.

Yavuze ko bitari bikwiye ko u Rwanda rutera inkunga abantu bice abana, abagore n’abageze mu zabukuru.

Ibya RED Tabara byari biherutse kugarukwaho muri Politiki y’u Burundi nyuma y’ibitero uyu mutwe wagabye mu gice iki gihugu kigabaniraho na DRC wica abantu benshi.

Uburundi Bwatewe

TAGGED:BurundifeaturedMakoloREDRwandaTabaraYolande
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafunze Uwo Muri ADEPR Wiyitaga Umuhanuzi
Next Article Abasirikare Ba Afurika Y’Epfo Ba Mbere Bageze Muri DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?