Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverinoma Y’u Rwanda Yamaganye Ibyo Uburundi Buyishinja
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Guverinoma Y’u Rwanda Yamaganye Ibyo Uburundi Buyishinja

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2024 4:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko abayobozi b’Uburundi batangaje ko gerenade zimaze iminsi ziterwa muri Bujumbura zigirwamo uruhare n’abantu bahorejwe n’u Rwanda, Guverinoma yarwo yasohoye itangazo ribihakana.

Ni itangazo rigufi ariko, mu magambo yumvikana, risaba Guverinoma y’Uburundi kutazana u Rwanda mu bibazo bubureba ubwabwo.

Rivuga ko hari ibintu bigaragara ko bitagenda neza mu Burundi kandi ko ibyo bintu ntaho bihuriye n’u Rwanda.

Muri kimwe mu bika bigize iryo tangazo hari ahagira hati: “ Uburundi bufitanye ikibazo n’u Rwanda ariko u Rwanda nta kibazo rufitanye n’Uburundi. Turasaba Uburundi ko bwakemura ibibazo bibureba butinjijemo u Rwanda”.

Itangazo ryitandukanya n’ibyo Uburundi bushinja u Rwanda

Kuva ibitero bya RED Tabara byagabwa mu Burundi, ababigabye baturutse muri DRC, Uburundi bwavuze ko ababikoze bari boherejwe kandi bashyigikiwe n’u Rwanda.

Ntibyatinze bwahise bufunga imipaka yose ibuhuza n’u Rwanda, buvuga ko ibyo u Rwanda bukora biri gukurura urwango rurambye hagati y’abaturage b’ibihugu byombi.

U Rwanda ruvuga ko ntaho ruhuriye n’ibyo bitero, byaba ibyagabwe na RED Tabara cyangwa ibyagabwe n’undi uwo ari we wese.

TAGGED:featuredREDRwandaTabaraUburundi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kamonyi: Batanu Bapfiriye Mu Kirombe Bazize Gazi
Next Article Kagame Arasura Guinea Conakry 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond

Intumwa Za DRC N’Iza AFC/M23 Zongeye Kuganirira i Doha

Rwanda: Ababyeyi Baraburirwa Ngo Barinde Abana Ibibi Bya Interineti

Ingabire Immaculée Agiye Gushyingurwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Hamas Iherutse Guhura Mu Ibanga N’Intumwa Za Amerika Kubera Kudashira Amakenga Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Yasinyanye N’Abarabu Amasezerano Yo Kubaka Gaza Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Yahagaritse Umutoza Mukuru Bari Bamaze Iminsi Muri Rwaserera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?