Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Habaye Inama Ya Mbere Y’Ubufatanye Mu Bukungu Bw’U Rwanda Na Ghana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Habaye Inama Ya Mbere Y’Ubufatanye Mu Bukungu Bw’U Rwanda Na Ghana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 March 2021 1:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inama yabaye hagati y’abahagarariye u Rwanda na Ghana igizwe n’abakora mu by’ubukungu cyane cyane mu bikorera yaganiriye uko ibihugu byombi byakwagura imikoranire mu bucuruzi.

Niyo nama ya mbere ihuje ibi bihugu igamije kureba inzego byombi byashyiramo imbaraga kugira ubufatanye bwabyo bugirire akamaro buri gihugu.

Ni inama bise ‘Rwanda x Ghana Business Forum’ .

Mu ijambo Madamu Clare Akamanzi usanzwe uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere yagejeje ku bitabiriye iriya nama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga yavuze iriya nama ari ingirakamaro ku bihugu byombi.

Ati: “ Nizera ko hari byinshi twageraho muri ubu bufatanye kandi nizeye ko iri huriro rizaba uburyo bwo guhanahana amakuru buri gihugu gikeneye kugira ngo ubu bufatanye bukigirire akamaro.”

Umwe mu bitabiriye iriya nama ni Ambasaderi w’u Rwanda muri Ghana Madamu Aïssa Kirabo Kakira.

Mu mwaka ushize wa 2020 umubano w’u Rwanda na Ghana wongereye imbaraga ubwo Ambasade y’u Rwanda muri Ghana yafungurwaga.

Icyo gihe Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta niwe wari uhagarariye u Rwanda muri kiriya gikorwa.

Hari kandi na Amb Aïssa Kirabo Kakira uhagarariye u Rwanda muri Ghana.

Mu ruzinduko Biruta yari yagiriye i Accra yasinye n’amasezerano y’ubufatanye mu bucuruzi hagati y’u Rwanda na Ghana, icyo gihe Ghana ikaba yari ihagarariwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga witwa Shirley Ayorkor Botchway

TAGGED:AmbasaderiBirutafeaturedGhanaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubwoba Kuri Kenya Airways Nyuma Yo Kumva Ko RwandAir ‘Izahabwa Indege 60 Za Qatar Airways’
Next Article Imirimo Yose Igendanye N’Irangiza Ry’Inyandikompesha ‘Yahagaritswe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?