Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Habaye Inama Ya Mbere Y’Ubufatanye Mu Bukungu Bw’U Rwanda Na Ghana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Habaye Inama Ya Mbere Y’Ubufatanye Mu Bukungu Bw’U Rwanda Na Ghana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 March 2021 1:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inama yabaye hagati y’abahagarariye u Rwanda na Ghana igizwe n’abakora mu by’ubukungu cyane cyane mu bikorera yaganiriye uko ibihugu byombi byakwagura imikoranire mu bucuruzi.

Niyo nama ya mbere ihuje ibi bihugu igamije kureba inzego byombi byashyiramo imbaraga kugira ubufatanye bwabyo bugirire akamaro buri gihugu.

Ni inama bise ‘Rwanda x Ghana Business Forum’ .

Mu ijambo Madamu Clare Akamanzi usanzwe uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere yagejeje ku bitabiriye iriya nama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga yavuze iriya nama ari ingirakamaro ku bihugu byombi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati: “ Nizera ko hari byinshi twageraho muri ubu bufatanye kandi nizeye ko iri huriro rizaba uburyo bwo guhanahana amakuru buri gihugu gikeneye kugira ngo ubu bufatanye bukigirire akamaro.”

Umwe mu bitabiriye iriya nama ni Ambasaderi w’u Rwanda muri Ghana Madamu Aïssa Kirabo Kakira.

Mu mwaka ushize wa 2020 umubano w’u Rwanda na Ghana wongereye imbaraga ubwo Ambasade y’u Rwanda muri Ghana yafungurwaga.

Icyo gihe Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta niwe wari uhagarariye u Rwanda muri kiriya gikorwa.

Hari kandi na Amb Aïssa Kirabo Kakira uhagarariye u Rwanda muri Ghana.

- Advertisement -

Mu ruzinduko Biruta yari yagiriye i Accra yasinye n’amasezerano y’ubufatanye mu bucuruzi hagati y’u Rwanda na Ghana, icyo gihe Ghana ikaba yari ihagarariwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga witwa Shirley Ayorkor Botchway

TAGGED:AmbasaderiBirutafeaturedGhanaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubwoba Kuri Kenya Airways Nyuma Yo Kumva Ko RwandAir ‘Izahabwa Indege 60 Za Qatar Airways’
Next Article Imirimo Yose Igendanye N’Irangiza Ry’Inyandikompesha ‘Yahagaritswe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?