Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Habaye Inama Ya Mbere Y’Ubufatanye Mu Bukungu Bw’U Rwanda Na Ghana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Habaye Inama Ya Mbere Y’Ubufatanye Mu Bukungu Bw’U Rwanda Na Ghana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 March 2021 1:22 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inama yabaye hagati y’abahagarariye u Rwanda na Ghana igizwe n’abakora mu by’ubukungu cyane cyane mu bikorera yaganiriye uko ibihugu byombi byakwagura imikoranire mu bucuruzi.

Niyo nama ya mbere ihuje ibi bihugu igamije kureba inzego byombi byashyiramo imbaraga kugira ubufatanye bwabyo bugirire akamaro buri gihugu.

Ni inama bise ‘Rwanda x Ghana Business Forum’ .

Mu ijambo Madamu Clare Akamanzi usanzwe uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere yagejeje ku bitabiriye iriya nama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga yavuze iriya nama ari ingirakamaro ku bihugu byombi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati: “ Nizera ko hari byinshi twageraho muri ubu bufatanye kandi nizeye ko iri huriro rizaba uburyo bwo guhanahana amakuru buri gihugu gikeneye kugira ngo ubu bufatanye bukigirire akamaro.”

Umwe mu bitabiriye iriya nama ni Ambasaderi w’u Rwanda muri Ghana Madamu Aïssa Kirabo Kakira.

Mu mwaka ushize wa 2020 umubano w’u Rwanda na Ghana wongereye imbaraga ubwo Ambasade y’u Rwanda muri Ghana yafungurwaga.

Icyo gihe Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta niwe wari uhagarariye u Rwanda muri kiriya gikorwa.

Hari kandi na Amb Aïssa Kirabo Kakira uhagarariye u Rwanda muri Ghana.

- Advertisement -

Mu ruzinduko Biruta yari yagiriye i Accra yasinye n’amasezerano y’ubufatanye mu bucuruzi hagati y’u Rwanda na Ghana, icyo gihe Ghana ikaba yari ihagarariwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga witwa Shirley Ayorkor Botchway

TAGGED:AmbasaderiBirutafeaturedGhanaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubwoba Kuri Kenya Airways Nyuma Yo Kumva Ko RwandAir ‘Izahabwa Indege 60 Za Qatar Airways’
Next Article Imirimo Yose Igendanye N’Irangiza Ry’Inyandikompesha ‘Yahagaritswe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC Irataka Ko Impunzi Z’Abanya Centrafrique Zinjira Ku Bwinshi

RDF Iri Kubaka Igisirikare Cya Mozambique Kirwanira Ku Butaka

Dangote Akomeje Kuyobora Abaherwe Ba Afurika

Jeannette Kagame Arahemba Abakobwa Batsinze Neza Ibizamini Bya Leta

Abanyamahanga Biga Muri Harvard Bareze Leta Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

Cardinal Kambanda Yatunguwe No Kumva Ko Kwa Yezu Nyirimpuhwe Hafunzwe

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Uko I&M Bank Rwanda Yungutse Mu Mezi Atatu Ashize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Martin Ngoga Yabaye Ambasaderi W’u Rwanda Muri UN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Abatuye Umujyi Wa Kigali Bari Mu Bibasiwe Na Malaria

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Israel N’Ubwongereza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?