Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hadutse Indwara Ikira Bagukuyemo Ijisho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubuzima

Hadutse Indwara Ikira Bagukuyemo Ijisho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2021 4:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Buhinde hadutsemo indwara idasanzwe yica 50% by’abo yafashe cyangwa igakira bakuyemo umurwayi ijisho.

Bayise mucormycosis.

Igihangayikishije ni uko abo yibasira ari abakize cyangwa abakirutse COVID-19.

Abenshi kandi mubo yifata ni abasanganywe indwara ya diabetes.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abaganga bavuga ko iriya ndwara ifata umuntu  umaze iminsi iri hagati ya 12 na 18 akirutse  COVID-19.
Leta z’u Buhinde zibasiwe ni iza Gujarat Maharashtra.

Zombi zihariye 50% by’abarwayi 9000 bamaze kubarurwa.

Imaze kubarurwa muri Leta 15 mu zindi zigize u Buhinde.

Hari izindi Leta 29 zasabwe gutangaza ko iriya ndwara ari hafi kuba gikwira ibyo bita ‘epidemic’.

Abaganga babwiye BBC dukesha iyi nkuru ko ahari hateganyijwe kwakirira abarwayi hatangiye kuzura.

- Advertisement -

Iriya ndwara ngo iterwa n’agakoko bita black fungus gakururwa n’umwanda.

Dr Akshay Nayar avuga ko abenshi mu batwayi yavuye byasabye ko bakurwamo ijisho kugira ngo badapfa.

Mu yandi magambo iyi ndwara iyo itakwishe isiga ufite ubumuga bwo kutabona.

Kuba COVID-19 yaratangiriye mu Bushinwa buturanye n’u Buhinde none iyi ndwara ikaba yadukiye mu Buhinde kandi ibi bikaba ari byo bihugu bituwe n’abantu benshi kurusha ibindi ku isi ubwabyo biteye inkeke.

 

TAGGED:BBCCOVID-19 BuhindefeaturedIndwara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article EU Yashoye Miliyari €1 Mu Gukorera Inkingo Za COVID-19 Mu Bihugu Birimo U Rwanda
Next Article Aurore Munyangaju Avuga Ko Hari Amafaranga Minisiteri Ye Itazahabwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?