Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hadutse Ubundi Bwoko Bwa COVID, Bwihunduranyije Inshuro 46
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Hadutse Ubundi Bwoko Bwa COVID, Bwihunduranyije Inshuro 46

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 January 2022 7:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashakashatsi bo mu Bufaransa babonye ubundi bwoko bwa COVID-19 bavuga ko bwihinduranya inshuro 46 bukomoka muri Cameron. Babaye babwise IHU.

Nabwo ngo bwandura vuba kandi urukingo ntirupfa kubuhangamura.

 Ababwanduye 12  bagaragaye mu mujyi wa Marseille, ariko umuntu wa mbere bwagaragayeho yari aturutse muri Cameroun.

Ubwoko IHU buje busanga Omicron nayo iri gutitiza Isi.

Ntibiramenyekana neza niba bufite ubukana bwo kwandura buruta ubwa Omicron yihariye 60% by’abanduye COVID-19 mu Bufaransa aharagaye IHU bwa mbere ku isi.

Professor Philippe Colson uyoboye itsinda ry’abaganga bavumbuye ubu bwandu avuga ko babonye abantu benshi babwanduye i Marseille kandi ngo nibo bahisemo kubwita IHU mu gihe bagitegereje ko OMS/WHO igira icyo ibutangazaho.

Bwazanywe mu Bufaransa n’umuntu wari uturutse muri Cameron

Izina rya gihanga bahaye buriya bwandu ni B.1.640.2, bakaba babutangarije mu nyandiko ya gihanga yasohotse ku rubuga medRxiv.

Ibipimo byarekana ko buriya bwandu bushya bwifitemo akaremangingo kitwa E484K gatuma bigoye ko inkingo ziruhangamura.

Bwifitemo n’akandi kitwa N501Y kabufasha gukwirakwira vuba.

Hari n’abahanga bavuga ko ubu bwandu bufitanye isano na Omicron iri hirya no hino ku isi muri iki gihe.

TAGGED:BufaransaCameronCOVID-19featuredIHUUbwoko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Vital Kamerhe Wari Uherutse Gufungurwa ‘Yavuye’ Mu Gihugu
Next Article Perezida Wa Mozambique N’Umugore We Banduye COVID
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Elwelu Mu Bajenerali Barindwi Museveni Yahaye Ikiruhuko Cy’Izabukuru

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?