Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hadutse Ubundi Bwoko Bwa COVID, Bwihunduranyije Inshuro 46
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Hadutse Ubundi Bwoko Bwa COVID, Bwihunduranyije Inshuro 46

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 January 2022 7:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashakashatsi bo mu Bufaransa babonye ubundi bwoko bwa COVID-19 bavuga ko bwihinduranya inshuro 46 bukomoka muri Cameron. Babaye babwise IHU.

Nabwo ngo bwandura vuba kandi urukingo ntirupfa kubuhangamura.

 Ababwanduye 12  bagaragaye mu mujyi wa Marseille, ariko umuntu wa mbere bwagaragayeho yari aturutse muri Cameroun.

Ubwoko IHU buje busanga Omicron nayo iri gutitiza Isi.

Ntibiramenyekana neza niba bufite ubukana bwo kwandura buruta ubwa Omicron yihariye 60% by’abanduye COVID-19 mu Bufaransa aharagaye IHU bwa mbere ku isi.

Professor Philippe Colson uyoboye itsinda ry’abaganga bavumbuye ubu bwandu avuga ko babonye abantu benshi babwanduye i Marseille kandi ngo nibo bahisemo kubwita IHU mu gihe bagitegereje ko OMS/WHO igira icyo ibutangazaho.

Bwazanywe mu Bufaransa n’umuntu wari uturutse muri Cameron

Izina rya gihanga bahaye buriya bwandu ni B.1.640.2, bakaba babutangarije mu nyandiko ya gihanga yasohotse ku rubuga medRxiv.

Ibipimo byarekana ko buriya bwandu bushya bwifitemo akaremangingo kitwa E484K gatuma bigoye ko inkingo ziruhangamura.

Bwifitemo n’akandi kitwa N501Y kabufasha gukwirakwira vuba.

Hari n’abahanga bavuga ko ubu bwandu bufitanye isano na Omicron iri hirya no hino ku isi muri iki gihe.

TAGGED:BufaransaCameronCOVID-19featuredIHUUbwoko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Vital Kamerhe Wari Uherutse Gufungurwa ‘Yavuye’ Mu Gihugu
Next Article Perezida Wa Mozambique N’Umugore We Banduye COVID
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

General Kabandana Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?