Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hafashwe Ikamyo Itwaye Abana 103 Bikekwa Ko Bari Bagiye Kugurishwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Hafashwe Ikamyo Itwaye Abana 103 Bikekwa Ko Bari Bagiye Kugurishwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 March 2023 5:33 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayobozi muri Mexique batahuye ikamyo yari itwaye abana 103 badafite umuntu mukuru ubaherekeje, biba ubwa mbere havumbuwe abana benshi b’abimukira bari bajyanywe mu bindi bihugu.

Ikigo gishinzwe abimukira (INM) cyo muri Mexique  cyatangaje ko hari abana 103 bagatiwe mu ikamyo nta muntu mukuru bari kumwe.

Byatumye Polisi itekereza ko abari bashyize bariya bana muri iriya modoka bari bagiye kubagurisha mu bihugu nka Colombia, Honduras n’ahandi.

Hirya gato y’aho abo bana bari bari, bahasanze abandi bimukira 343 bari baturutse mu bindi bihugu by’Amerika y’Amajyepfo.

Uretse aba bana, ubuyobozi bwanabonye abandi bimukira bakuru 212 bo mu bindi bihugu nka Guatemala, El Salvador na Ecuador bari mu ikamyo n’abandi 28 bagendaga mu modoka zisanzwe.

Polisi n’izindi nzego za Mexique bohereje bariya bana mu kigno cyo kubitaho ngo harebwe niba nta bindi bibazo bafite byihariye.

Ikigo boherejwemo kiri i  Veracruz.

Bimaze kumenyerwa ko abimukira bashaka kujya muri Leta zunze Ubumwe za Amerika bashaka ababatwara ariko bakabikora babanje kubajyanira abana.

Ni uburyo buteje akaga ariko baremera bakabikora.

Muri Kamena, 2022 abimukira barenga 50  bapfiriye mu ikamyo i San Antonio.

Mu Ukuboza 2021, abandi bimukira 56 bapfuye ubwo ikamyo yari ibatwaye yahirimaga mu majyepfo ya Mexique.

Mu ntangiriro za 2023  abana b’abimukira 57 bo muri Guatemala basanzwe mu ikamyo nta muntu mukuru bari kumwe ku mupaka ugabanya Amerika na Mexique.

TAGGED:AbanaAbimukiraIkamyoMexique
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inturusu: Igiti Abanyarwanda Bakunda Ariko Kibangamiye Ibidukikije
Next Article Ambasaderi W’u Bwongereza Yishimye Ikiganiro Kagame Yagiranye na Minisitiri W’Intebe Sunak
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?