Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hafi ½ Cy’Abanyarwanda Bavuga Ururimi Rw’Amahanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Hafi ½ Cy’Abanyarwanda Bavuga Ururimi Rw’Amahanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 July 2023 3:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuba u Rwanda rutuwe n’abaturage bakuriye ahantu no mu mico bitandukanye biri mu mpamvu nkuru zatumye ubushakashatsi bw’ikigo y’ibarurishamibare busanga 54% by’Abanyarwanda bose  bafite cyangwa barengeje imyaka 15 y’amavuko ari bo bavuga Ikinyarwanda GUSA.

Abasigaye bose( bangana na 46) bazi cyangwa bavuga [bazivanze] indimi zitandukanye nabwo ku ijanisha ritandukanye.

Imibare ivuga 14.1% by’Abanyarwanda bavuga Ikinyarwanda n’Icyongereza.

Abangana na 1.9% bavuga Ikinyarwanda n’Igifaransa mu gihe abangana na 0.7% bavuga Ikinyarwanda n’Igiswayili.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu Banyarwanda kandi harimo abavuga indimi zirenze ebyiri abo bita polyglots.

Abanyarwanda bavuga Ikinyarwanda, Icyongereza n’Igifaransa bangana na 4.1% n’aho abavuga Ikinyarwanda, Icyongereza n’Igiswayile bangana na 1.%.

Mu Banyarwanda bazi indimi z’amahanga abazi Ikinyarwanda, Icyongereza, Igifaransa n’Igiswaliyi ni 1.5%.

N’ubwo ari uko bivugwa mu mibare, umuntu ntiyabura kwibaza niba buri rurimi aba bavugwaho ko bavuga, bivuze ko baruzi neza koko.

Indimi mu Banyarwanda
TAGGED:AbanyarwandafeaturedIkinyarwandaImibareIndimiUrurimi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri W’Intebe Yagarutse K’Ubufatanye Bwa Leta N’Abikorera Muri Afurika
Next Article Rwanda: Abarezwe Ingengabitekerezo Mu Minsi 100 Yo Kwibuka, 10.7% Bakoze Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?