Kuba u Rwanda rutuwe n’abaturage bakuriye ahantu no mu mico bitandukanye biri mu mpamvu nkuru zatumye ubushakashatsi bw’ikigo y’ibarurishamibare busanga 54% by’Abanyarwanda bose bafite cyangwa barengeje...
Minisitiri w’uburezi Dr. Valentine Uwamariya yaraye atangaje ko u Rwanda rufite intego yo guteza imbere Igifaransa mu mashuri y’ibyiciro byose by’uburezi. Yabivugiye mu muhango u Rwanda...
Amashuri yo mu Burusiya yashyiriwe ho gahunda yo gutangira kwigisha Igiswayile ndetse n’ururimi rwitwa Amharic cyo muri Ethiopia. Imwe muri Kaminuza yatangiye kwigisha ibi ni iyitwa...
Buri taliki 21, Gashyantare, uba ari umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana indimi kavukire. Washyizweho mu rwego rwo kubungabunga indimi gakondo zivugwa n’abantu bake cyangwa se zituranye n’izindi...
Ubwo yatangizaga amahugurwa agenewe abagenzacyaha mu rurimi rw’amarenga, Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB , Isabelle Kalihangabo yavuze ko n’ubwo abakozi ba ruriya rwego bize...