Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hafi ½ Cy’Abanyarwanda Bavuga Ururimi Rw’Amahanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Hafi ½ Cy’Abanyarwanda Bavuga Ururimi Rw’Amahanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 July 2023 3:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuba u Rwanda rutuwe n’abaturage bakuriye ahantu no mu mico bitandukanye biri mu mpamvu nkuru zatumye ubushakashatsi bw’ikigo y’ibarurishamibare busanga 54% by’Abanyarwanda bose  bafite cyangwa barengeje imyaka 15 y’amavuko ari bo bavuga Ikinyarwanda GUSA.

Abasigaye bose( bangana na 46) bazi cyangwa bavuga [bazivanze] indimi zitandukanye nabwo ku ijanisha ritandukanye.

Imibare ivuga 14.1% by’Abanyarwanda bavuga Ikinyarwanda n’Icyongereza.

Abangana na 1.9% bavuga Ikinyarwanda n’Igifaransa mu gihe abangana na 0.7% bavuga Ikinyarwanda n’Igiswayili.

Mu Banyarwanda kandi harimo abavuga indimi zirenze ebyiri abo bita polyglots.

Abanyarwanda bavuga Ikinyarwanda, Icyongereza n’Igifaransa bangana na 4.1% n’aho abavuga Ikinyarwanda, Icyongereza n’Igiswayile bangana na 1.%.

Mu Banyarwanda bazi indimi z’amahanga abazi Ikinyarwanda, Icyongereza, Igifaransa n’Igiswaliyi ni 1.5%.

N’ubwo ari uko bivugwa mu mibare, umuntu ntiyabura kwibaza niba buri rurimi aba bavugwaho ko bavuga, bivuze ko baruzi neza koko.

Indimi mu Banyarwanda
TAGGED:AbanyarwandafeaturedIkinyarwandaImibareIndimiUrurimi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Minisitiri W’Intebe Yagarutse K’Ubufatanye Bwa Leta N’Abikorera Muri Afurika
Next Article Rwanda: Abarezwe Ingengabitekerezo Mu Minsi 100 Yo Kwibuka, 10.7% Bakoze Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?