Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Haribazwa Impamvu Z’Ibura Ry’Umuriro Hafi Mu Rwanda Hose
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Haribazwa Impamvu Z’Ibura Ry’Umuriro Hafi Mu Rwanda Hose

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 April 2024 8:24 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Iyo bangije amashanyarazi bihenda benshi
SHARE

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu cyatangaje ko kuba hari ibura ry’umuriro riherutse kuba hafi mu gihugu hose ryatewe n’impamvu zigikorwaho iperereza.

Impamvu ngo ni uko kugira ngo ibura ry’umuriro rigere hafi mu gihugu hose biterwa n’impamvu nyinshi.

Umuyobozi muri REG witwa Zawadi yagize ati: “Kugira ngo umuyoboro uveho ariko biterwa n’impamvu zirenze imwe ni yo mpamvu tugikora iperereza”.

Yabwiye bagenzi bacu ba IGIHE ko iri bura ry’umuriro ryabaye mu bice byinshi by’igihugu ariko hataramenyekana neza niba ari byose.

Yemeza ko REG iri gukora ibishoboka byose ngo ikibazo nk’iki ntikizongere ndetse yihanganisha abagizweho ingaruka bose.

Ntiharamenyekana ibyangijwe n’iri bura ry’umuriro.

Ahakunze kwibasirwa n’ibi bibazo ni nk’ahatangirwa serivisi zikenera umuriro.

Icyakora ahakorerwa ibikorwa nk’ubuvuzi cyangwa izindi serivisi zikenera umuriro kugira ngo ubuzima bw’igihugu bukomeze hakunze kuba hari imashini zitanga amashanyarazi.

TAGGED:AmashanyarazifeaturedRwandaUmuriro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Biyitiriye Croix Rouge Y’u Rwanda Biba Umucuruzi
Next Article Ikigo Nyarwanda Gisana Imihanda Kiyishyura Kitayisuzumye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abimukira Ba Mbere Boherejwe Na Amerika Bageze Mu Rwanda

Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu

Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?