Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 May 2025 3:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bukuru bwa Kiliziya Gatulika ku isi bukorera mu Mujyi ukaba na Leta ya Vatican bwatangaje ifoto ya Papa Lewo XIV yemewe itagira indi iyisimbura igomba kumanikwa ahantu hose hahesha icyubahiro iyi Kiliziya.

Itagaragaza Papa Lewo XIV amwenyura, yambaye ingofero n’imyenda byera, byagenewe Papa gusa.

Papa Lewo aherutse gutorerwa kuyobora Kiliziya Gatulika asimbuye Papa Francis wapfuye azize uburwayi yari amaranye igihe.

Hejuru y’ikanzu Papa Lewo XIV yambaye, hariho umukufi uri ho umusaraba usize ibara rya zahabu.

Ikindi ni uko Papa yakiriye abahagarariye ibihugu byabo i Roma, ababwira ko umurimo we w’ubushumba azawukora mu rukundo no guharanira ko abatuye isi bose babana mu mahoro.

Yavuze ko azaharanira ko amahoro agaruka haba muri Ukraine, muri Israel na Gaza n’ahandi hose ku isi.

Niwe Papa wa mbere mu mateka ukomoka muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Uwo yasimbuye yakomokaga muri Argentine.

Pope Leo XIV's official portrait has been released

©Vatican Media – All rights reserved pic.twitter.com/AOTLxN9j8W

— Vatican News (@VaticanNews) May 16, 2025

TAGGED:AmerikaArgentinefeaturedFrancisIfotoLewoPapaRomaVatican
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?
Next Article Israel Yatangije Ibitero Bikomeye Kuri Gaza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?