Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Hateranye Inama Y’Abajyanama Ba Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 October 2025 3:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Kagame niwe wayiyoboye.
SHARE

Muri Hoteli Kigali Golf Resort iri i Nyarutarama hateranye inama yahuje inararibonye zigira Perezida Kagame inama zigize ihuriro bita Presidential Advisory Council (PAC).

Nawe ubwe yayitabiriye, aranayiyobora.

Yaganiririwemo uko hahangwa udushya mu rwego rwo kuzamura urwego rw’imibereho myiza y’Abanyarwanda n’iterambere ry’igihugu muri rusange.

Abayitabiriye baganiriye kandi ku bibera mu Karere u Rwanda ruherereyemo n’ibibera ahandi ku isi bigira ingaruka ku Rwanda zaba iziziguye n’izitaziguye.

Abagize iyo nama ni abahanga b’Abanyarwanda n’abanyamahanga basobanukiwe mu buryo bwuzuye dosiye zose zibera ku isi, bakamenya uko baziganiraho na Perezida Kagame mu rwego rwo gutuma u Rwanda rutekana kandi rugatera imbere.

This morning at Kigali Golf Resort, President Kagame is chairing the Presidential Advisory Council (PAC), a platform that brings together Rwandan and international experts to exchange ideas and advice on Rwanda’s development. Discussions will focus on innovative and practical way… pic.twitter.com/Fy9j2dTpDd

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) October 14, 2025

 

TAGGED:AbajyanamafeaturedIkigoIterambereKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Njozi: Indirimbo Nshya Ya Element Yatunganyijwe N’Usanzwe Ukorana Na Diamond
Next Article Madagascar: Ingabo Zafashe Ubutegetsi 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umukinnyi Ukomeye Wa Kepler WBBC Yaguzwe Na REG WBBC

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?