Hon Bamporiki Yirukanywe Muri Guverinoma

Itangazo rivuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahagaritse Hon Edouard Bamporiki kugira ngo akurikiranwe ku byaha runaka.

Amakuru Taarifa ifite avuga ko uriya mugabo afatiwe mu cyuho yakira ruswa.

Urwego rw’ubugenzacyaha bwahise butangaza ko uriya mugabo afungiwe iwe kubera iperereza ku cyaha cya ruswa akekwaho.

Itangazo ryavuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version