Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibifaro Bya Israel Byasubiye Muri Gaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Ibifaro Bya Israel Byasubiye Muri Gaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 March 2025 8:06 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibintu bigiye gufata indi ntera nyuma y’uko ibifaro by’ingabo za Israel bisubiye muri Gaza mu rwego rwo kuhatangiza intambara yeruye igamije guha isomo Hamas nyuma yo kwanga kurekura imfungwa zayo.

Abahaye amakuru The Jerusalem Post bavuga ko ibifaro byamaze kwinjira ahitwa Netzarim, aha hakaba ari umuhora ugabanya Gaza mo kabiri.

N’ubwo ari uko bimeze, nta makuru yemeza ko ibitero byeruye byatangiye, gusa ikigaragara ni uko Israel, nk’uko Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu yabitangaje, yamaramarije kongera guhangana na Hamas.

Ikindi kigaragara ni uko mu masaha make ari imbere ibitero byeruye biza gutangizwa.

Hashize iminsi mike Israel itangije ibitero by’indege ku bice bya Gaza, aho ivuga ko ari igicumbi cy’abayobozi ba Hamas bari bakambitsemo kandi bategura ibindi bitero kuri Israel.

TAGGED:AmahoroHamasIbifaruIbiteroIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Komisiyo Y’Afurika Yunze Ubumwe Yishimiye Guhura Kwa Kagame Na Tshisekedi 
Next Article Amadolari($) Abanyarwanda Baba Mu Mahanga Baha U Rwanda Yaragabanutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?