Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibihugu Bikize Kurusha Ibindi Muri Afurika Birashinjwa Iyezandonke
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ibihugu Bikize Kurusha Ibindi Muri Afurika Birashinjwa Iyezandonke

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 February 2023 2:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nigeria( ni iya mbere) na Afurika y’epfo( ni iya kabiri) nibyo bihugu bya mbere bikize muri Afurika. Ikigo mpuzamahanga gicunga inkomoko y’amafaranga ibihugu bikoresha kitwa Financial Action Task Force (FATF) cyabishinje kutaba inyangamugayo mu gucunga uko amafaranga abibikwamo kuko hari abyinjiramo agamije gutera inkunga iterabwoba n’iyezandonke.

Iyezandonke ni ijambo abagenzacyaha mu by’imari bahaye imikoreshereze y’amafaranga igamije kuyakuraho icyasha cy’aho aba yakomotse.

Ni uburyo abantu bafata amafaranga yavuye nko mu bucuruzi butemewe bw’intwaro( hari n’ubwemewe) bakayashora mu bikorwa byo gufasha abantu cyangwa ikindi kintu kiza.

Ni ukuvuga ko bafata iyo ndonke yaronswe binyuze mu cyaha, bakayeza binyuze mu kuyikoresha ibintu bigaragara ko bifite akamaro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikigo Financial Action Task Force( gifite icyicaro mu Bufaransa) kivuga ko Nigeria na Afurika y’epfo ari ibihugu biri gutera imbere, ariko ikibazo ni uko hari amafaranga abashoramari babyo babona kandi bagakoresha batitaye mu gusuzuma niba yaraturutse mu biganza ‘bitarimo amaraso.’

Byombi byashizwe ku rutonde rw’ibihugu biri mu ibara ry’ikigina, iri rikaba ari ibara ritanga amanita mabi.

Abashoramari n’abandi bakora mu rwego rw’imari bazajya babanza barebe niba amafaranga aturuka cyangwa ajya Abuja cyangwa i Pretoria nta cyasha afite.

Bivuze ko na z’Ibigo mpuzamahanga by’imari bigomba kujya bibanza gusuzuma neza niba amafaranga bigiye kuguriza Africa y’Epfo cyangwa Nigeria atazakoreshwa mu buryo buhabanye n’amabwiriza agenwa na cya kigo twanditse haruguru.

Icyakora ubuyobozi bw’iki kigo buvuga ko buri kuvugana na biriya bihugu kugira ngo bikosore ibitagenda neza mu rwego rwabyo rw’imari.

- Advertisement -

Kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru ntacyo ubuyobozi bw’ibi bihugu byombi bwari bwatangaje ku bikubiye muri iriya raporo.

TAGGED:AfurikaAmafarangafeaturedIterabwobaIyezandonkeNigeria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umusuwisi Yatwaye Etape Ya 6, Mugisha Ava Muri Tour Du Rwanda 2023
Next Article Perezida Kagame Yasabye Abaturage ‘Gukomeza’ Gukorana Na Polisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?