Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibisasu Byavaga Muri DRC Byahagaze Kugwa Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibisasu Byavaga Muri DRC Byahagaze Kugwa Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 May 2022 8:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 24, Gicurasi, 2022 amakuru agera kuri Taarifa avuga ko umutuzo wagarutse muri Musanze na Burera nyuma y’ibisasu byahaguye kuri uyu wa Mbere taliki 23, Gicurasi, 2022.

Umwe mu banyamakuru bakorera muri kariya gace yabwiye Taarifa ko guhera mu masaha ya nyuma ya saa sita, ahagana saa munani z’amanywa ibisasu byahagaze ariko ngo abaturage bagiye basubiza agatima hamwe buhoro buhoro.

Kuri uyu wa Kabiri taliki 24 , Gicurasi, 2022 ubuzima bwasubiye ku murongo, abaturage bari gukora akazi kabo nk’uko byari bisanzwe.

Hagati aho, ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda bwaraye busabye Urwego rushinzwe kureba uko amahoro acungwa mu Karere u Rwanda rurimo rwitwa Expanded Joint Verification Mechanism  kugenzura kandi rugatangariza u Rwanda ibyavuye mu iperereza ku mpamvu hari ibisasu ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zarashe mu Rwanda.

Ibisasu byaguye mu Mirenge ya Kinigi na Nyange mu Karere ka Musanze no mu Murenge wa Gahunga mu Karere ka  Burera.

Itangazo ry’ingabo z’u Rwanda rivuga ko biriya bisasu hari abantu byakomerekeje byangiza inzu n’ibindi bikorwa remezo.

RDF Ivuga Ko Ingabo Za DRC Zarashe Mu Rwanda

Icyakora hari amakuru Taarifa yahawe n’umuturage avuga ko hari umukobwa wahitanywe na  biriya bisasu.

Ikindi twamenye ni uko hari igisasu cyaguye mu rugo rw’umucuruzi ufite akabari muri kariya gace.

Hari andi makuru avuga ko hari n’umukowa witwa Vestine igisasu cyaciye ukuguru

TAGGED:BurerafeaturedIbisasuIntwaroMusanze
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Murenzi Abdallah Yongeye Kwiyamamariza Kuyobora FERWACY
Next Article Rwiyemezamirimo Avuga Ko Impu Zikanirwa Mu Rwanda Ziba Zidakannye Neza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?