Ibya Tour Du Rwanda 2021 Byasubiwemo

Ubukana bwa COVID-19 muri iki gihe byatumye ibintu byinshi bihagarikwa ibindi birasubikwa. Ubu hasohotse itangazo rivuga ko Tour du Rwanda 2021 yari riteganyijwe muri Gashyantare 2021 yimuriwe tariki 2-9 Gicurasi 2021 bitewe n’ubukana COVID19.

Hagati aho ariko Federasiyo y’amagare mu Rwanda ivuga ko imyiteguro iri bukomeze.

Yavuze ko kugira ngo kiriya cyemezo gifatwe byaturutse ku biganiro byabaye hagati yayo n’inzego z’ubuzima.

Tour du Rwanda yimuriwe itariki izaberaho
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version