Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Icyanya Cy’Inganda Cyazaniye u Rwanda Akayabo- RDB
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Icyanya Cy’Inganda Cyazaniye u Rwanda Akayabo- RDB

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 January 2024 3:30 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa RDB bwaganiriye n’abafatanyabikorwa bwayo barebera hamwe ibyo icyanya cy’inganda cya Masoro kimaze kwinjiriza u Rwanda. Umuyobozi mukuru wungirije wa RDB Nelly Mukazayire yabwiye abari aho ko mu mwaka wa 2022 inganda zo muri icyo cyanya zinjirije u Rwanda Miliyari $2.5 yaturutse mu mari yahashowe.

Icyo gihe kandi inganda zikirimo zahaye akazi abantu 15,070 kandi ibyo zakoze byoherejwe hanze byanjirije u Rwanda miliyoni $ 990.

Nelly Mukazayire avuga ko ibyo byose ari ibyo kwishimira.

Yabwiye abafatanyabikorwa b’u Rwanda mu iterambere ati: “ Mu gihe twishimira ibyo iki cyanya cyatugejejeho, ni ngombwa gukora ku buryo bizaramba. Kuramba kandi bivuze kubungabunga ibiri muri iki cyanya.”

Abafatanyabikorwa b’u Rwanda mu iterambere baganiriye na RDB ku byerekeye icyanya cy’inganda n’akamaro kacyo mu bukungu bwarwo

Mukazayire avuga ko kugira ngo ibyo nanone bigerweho bisaba ko abantu bakorana umurava, buri wese akitanga uko ashoboye, akageza igihugu ku rwego rwo hejuru uko bishoboka.

Urwego rw’inganda rushimirwa uruhare rumaze kugira mu iterambere ry’ubukungu bw’u Rwanda.

Bivugwa ko mu Rwanda hari inganda zigera ku 1000 zikomatanyije inganda nto n’inganda ziringaniye ndetse n’inganda nini.

TAGGED:featuredIngandaIterambereMukazayireUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gusana Umuhanda Huye-Rusizi Waraye Utengutse Byatangiye
Next Article Amerika Yaganiriye N’u Rwanda Ku Mutekano Muri DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?