Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Igiciro Cy’Ibikomoka Kuri Petelori Cyagabanutseho Make
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Igiciro Cy’Ibikomoka Kuri Petelori Cyagabanutseho Make

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 February 2024 7:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ushingiye ku giciro cyashyizweho na RURA, uhita ubona ko litiro ya essence yagabanutseho Frw 3 kuko yari isanzwe igura Frw 1,639, ariko guhera taliki 12, Gashyantare, 2024 izagura 1,637 mu gihe mazout yo yagabanutseho Frw 3 kuko yari isanzwe igura Frw 1,635 ariko igiye kugura Frw 1,632.

RURA itangaza ko iri gabanuka rigomba gutangira gukurikizwa kuri uyu wa Mbere taliki 12, Gashyantare, 2024 mu gihugu hose.

Ibiciro biri ho ubu byari byarashyizweho taliki 05, Ukuboza, 2023, n’aho ibyaraye bigenwe na RURA bizavugururwa nyuma y’amezi abiri.

Igabanurwa cyangwa iyongerwa ry’ibiciro by’ibikomoka kuri petelori biterwa ahanini n’uko akagunguru kayo kaba gahagaze ku isoko mpuzamahanga.

Nk’ubu ikinyamakuru Business Insider cyanditse ko ibiciro by’ibikomoka kuri petelori biri kugabanuka muri rusange kubera ko n’Abanyaburayi bakeneraga gazi nyinshi( nayo ni igikomoka kuri petelori) bavuga ko ikirere cyabo kitakonje cyane ngo batumize nyinshi.

Itangazo ry’ibiciro bishya

Ibi bituma ibikomoka kuri petelori biboneka ari byinshi bituma bikwirakwizwa n’ahandi ku isi, igiciro muri rusange kiragabanuka.

Ku byerekeye u Rwanda, igiciro cya essence na mazout cyaherukaga kugabanuka ku kigero gishimishije mu Ukwakira, 2023 kuko cyagabanutseho Frw 183.

Nyuma ariko cyaje kugabanukaho andi make ugereranyije n’ayabanje kuko yariFrw 1,639 nk’uko RURA yari yabitangaje mu Ukuboza, 2023.

Kugeza ubu imbonerahamwe yerekana uko igiciro cy’akagunguru ka essence  kimeze ku isi yitwa West Texas Intermediate ivuga ko gahagaze $76.46 ku kagunguru kamwe.

TAGGED:EssencefeaturedIgiciroPeteloriRURA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze:Umurinzi W’Igihango Yasabye Urubyiruko Kumwigiraho
Next Article Abagabo Bo Muri Ngoma Bata Ingo Kubera Inkoni Z’Abagore
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?