Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IGP wa Polisi ya Uganda ati: “Uzahungabanya umutekano mu matora azicuza icyo Nyina yamubyariye’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

IGP wa Polisi ya Uganda ati: “Uzahungabanya umutekano mu matora azicuza icyo Nyina yamubyariye’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 January 2021 8:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Komiseri mukuru wa Polisi ya Uganda Martin Okoth Ochola yaburiye abaturage ba Uganda ko uzahirahira agahungabanya umutekano ku munsi w’amatora ‘azicuza icyo Nyina yamubyariye.’

Amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Uganda azaba tariki 14, Mutarama, 2021, akaba azaba ahanganyemo n’abandi ariko ukomeye muri bo ni Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine.

Ubutegetsi bwa Perezida Museveni bushinja Bobi Wine gukorana n’ibihugu byo hanze, bukemeza ko bigamije kumukuraho bugashyiraho ubwo bwiyumvamo.

Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Uganda( Uganda Police Force) IGP Martin Okoth Ochola yahaye gasopo uwo ariwe wese wazahirahira agashaka guhungabanya amatora.

Yagize ati: “ Ndashaka kubwira igihugu cyose ko uzahirahira agashaka guhungabanya amatora azahura n’akaga k’uburyo azicuza icyo Nyina yamubyariye.”

Yavuze ko hari amakuru Polisi ifite avuga ko hari abanyapolitiki bateguye gahunda yo kuzahungabanya amatora, bakabikora  binyuze mu kuvuga ko hari amajwi yibwe kugira ngo ibarura ryayo ritagenda neza.

Perezida Museveni nawe aherutse gusaba abaturage be kuzitabira amatora mu mutuzo, ariko aburira uwo ari wese uzashaka kuyahungabanya ko bizamukoraho.

Museveni yari aherutse gusimbuza bamwe mu bayobozi bakuru ba Polisi ya Uganda.

Yagize Major Gen Paul Lokech umuyobozi wungirije wa Polisi amusimbuje Maj Gen Sabiiti Muzeeyi.

TAGGED:featuredIGPLokethMuseveniSabitiUgandaWine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article APR FC yavuguruye ubuyobozi, Gen Muganga niwe Chairman
Next Article Padiri Ubald Rugirangoga YATABARUTSE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?