Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikigega Mpuzamahanga Cy’Imari Gishima Imikorere Y’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ikigega Mpuzamahanga Cy’Imari Gishima Imikorere Y’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 July 2023 8:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Intumwa za IMF zashimye uko u Rwanda rukoresha inkunga ruhabwa
SHARE

Roben Atoyan ukora mu buyobozi bukuru bw’Ikigega mpuzamahanga cy’imari, IMF, yabwiye Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ko bashima uko u Rwanda rukoresha inkunga ruterwa.

Hari mu nama yaraye ihuje Minisitiri w’Intebe n’Intumwa zo mu Kigega mpuzamahanga cy’imari, IMF, gisanzwe kiyoborwa n’Umunya Bulgaria witwa Kristalina Georgieva.

Ku rutonde rw’ibyo baganiriye harimo no kurebera hamwe uko ubukungu bw’u Rwanda bwifashe kandi hagasuzumwa ahashyirwa imbaraga kugira ngo budakomeza kujegera.

Nyuma y’ibi biganiro, Minisitiri w’imari n’igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana wari ubirimo, yabwiye itangazamakuru ko intumwa za IMF zishima uko u Rwanda rukoresha inkunga ruterwa.

Yavuze ko ibiganiro bagiranye byibanze cyane mu gukomeza kunoza imikoranire myiza isanzwe hagati y’u Rwanda na kiriya kigega.

Dr. Ndagijimana yavuze ko muri Nzeri, 2023 kiriya kigega gifite intego yo kuzunganira u Rwanda mu bikorwa byarwo byo gusubiza ibintu ku murongo byahozeho mbere y’uko ibiza bizahaza ibice by’Uburengerazuba, Amajyepfo n’Amajyaruguru.

Roben Atoyan yashimiye u Rwanda uburyo rukoresha neza inkunga ruhabwa kandi arwizeza ko IMF izaruba hafi mu guhangana n’ingaruka ibiza byarusigiye guhera mu ntangiriro za Gicurasi, 2023.

TAGGED:featuredIkigegaImariInkungaMinisitiriNdagijimanaRwandaUzziel
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ITURI: Abantu 40 Bishwe Mu Minsi Itatu, UN Iratabaza
Next Article Kenya Ishobora Kongera Gushya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?