Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikipe Ya Sudani Y’Epfo Yarakajwe N’Uko Indirimbo Y’Igihugu Cyabo Yitiriwe Sudani
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu mahanga

Ikipe Ya Sudani Y’Epfo Yarakajwe N’Uko Indirimbo Y’Igihugu Cyabo Yitiriwe Sudani

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 July 2024 9:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Biherutse gutungura kandi birakaza abagize itsinda rya Sudani y’Epfo bitabiriye imikino olempiki ubwo bumvaga hacuranzwe indirimbo itari iy’igihugu cyabo. Icyo gihe hacuranzwe iya Sudani; igihugu Sudani y’Epfo yamaze imyaka myinshi barwana ishaka kwigenga…

Bayicuranze mbere y’uko ikipe ya Basketball ya Sudani y’Epfo yari igiye gukina n’iya Puerto Rico.

Kwiyamira kugamije kwamagana niko kwakurikiryeho ubwo abateguye imikino Olempiki iri kubera mu Bufaransa bacuranga indirimbo ya Sudani bibwira ko bacuranze iya Sudani y’Epfo.

BBC yanditse ko umwe mu bakinnyi bakomeye b’ikipe ya Basketball ya Sudani y’Epfo wita Majok Deng yasabye ko abategura ibirori binini nka biriya bakwiye kwigengesera cyane.

Ndetse we yabifashe nk’agasuzuguro.

Ati: “[Abategura imikino] bagomba gukora neza kurushaho kuko uru ni urubuga rwa mbere runini cyane ndetse barabizi ko Sudani y’Epfo irimo gukina”.

Avuga ko gucuranga indirimbo y’igihugu itari yo ari agasuzuguro kiba gikorewe.

Abateguye iyi mikino basohoye itangazo basaba imbabazi, bavuga ko ko byatewe no kwibeshya kwa muntu.

Basabye imbabazi ku bwo kwibeshya kwa muntu.

Itangazo ryabo riragira riti: “Turumva neza uburemere bw’ikosa.”

Si ubwa mbere abategura imikino nk’iyo bibeshya ku ndirimbo yubahiriza igihugu cyayitabiriye kuko hari nubwo abakinnyi ba Koreya y’Epfo bigeze kwitwa aba Koreya ya Ruguru, iyi Koreya bayita “Repubulika ya Rubanda ya Demokarasi ya Koreya”.

Umukino wahuje Sudani y’Epfo na Puerto Rico warangiye iyitsinze ku manota 90 ku manota 79.

Ni  ikipe ikomeye kuko no ku mukino wabanje Amerika yayitse hamana, mu masogonda ya nyuma.

TAGGED:BasketfeaturedImikinoIndirimboOlimpikiSudani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Ashinja Ruto Kubangamira Amasezerano Y’Amahoro Ya Nairobi
Next Article Umunyarwandakazi Yayoboye Ikigo Cya Banki Ikomeye Mu Karere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?