Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imibiri Y’Abasirikare Ba Afurika Y’Epfo Irashishwa Mu Rwanda Icyurwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Imibiri Y’Abasirikare Ba Afurika Y’Epfo Irashishwa Mu Rwanda Icyurwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 February 2025 1:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Iyi mirambo yari imaze igihe iri kwangirikira i Goma.
SHARE

U Rwanda rwemeye ko imirambo y’abasirikare 14 ba kiriya gihugu baherutse kwicirwa i Goma bacyurwa iwabo baciye mu Rwanda.

Hari amakuru avuga ko iriya mirambo ishobora kuzacishwa Uganda kugira ngo ifate indege icyurwe iwabo.

Imodoka z’umuryango w’abibumbye nizo zagaragaye zitwaye iyo mirambo iri kuva muri DRC yinjira i Rubavu.

Amakuru avuga ko iri bucishwe  i Rubavu, ikomereze ku mupaka wa Cyanika mu Karere ka Burera, ikomereze muri Uganda icishijwe i Kisoro kuzagera ku kibuga cy’indege cya Entebbe ibone kujyanwa iwabo.

Abo basirikare bishwe na M23 mu ntambara yabaye mu byumweru bibiri bishize, ibera i Goma.

Yaguyemo ndetse n’abasirikare batatu ba Malawi.

Malawi yaraye isabye ko abandi basirikare bayo bose bataha.

Muri Afurika y’Epfo ho bakomeje impaka zo kumenya impamvu yatumye bohereza abasirikare muri DRC mu nyungu za Ramaphosa aho kuba iz’igihugu.

Minisitiri w’ingabo n’umugaba mukuru wazo bombi basabwe n’inteko ishinga amategeko ko bagomba kwegura.

Ububanyi n’amahanga bumaze iminsi bukora uko bushoboye ngo intambara imaze igihe ibera mu Burasirazuba bwa DRC ihoshe.

Kuri uyu wa Gatandatu i Dar es Salaam hazabera inama ikomeye izahuza abayobozi muri EAC naho muri SADC ngo bafate ingamba zatuma ihosha mu buryo burambye.

Afurika Y’Epfo: Minisitiri W’Ingabo N’Umugaba Wazo Basabwe Kwegura

TAGGED:AbasirikareAfurikaEpfofeaturedIngaboRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Na Namibia Mu Bufatanye Bwo Kwita Ku Bagororwa
Next Article Rwanda: Abaganga Babaga Ni Bake Bwikube Icumi Ku Barwayi Babikeneye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasabo: Umugore Yafatanywe Amakarito Ya Liquors Zitujuje Ubuziranenge

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

Amahoro Na Kigali Pelé Stadium Zemerewe Kwakira Amarushanwa Nyafurika 

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Sandra Teta Yarekuwe

Ibyotsi Bihumanya Ikirere Cy’u Rwanda Byikubye 5 Mu Bukana- REMA

Nyanza: Umurambo W’Umusore Wari Umaze Icyumweru Yarabuze Bawusanze Mu Mufuka

Imbaduko PM Nsengiyumva Atangiranye Mu Kuzamura Ubuhinzi N’Ubworozi

RDF/Military Police Mu Myitozo Ikarishye

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

General Muganga Yavuze Akazi Ingabo Zikorera Mu Mahanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ukraine Yahejwe Mu Biganiro Byo Kurangiza Intambara Yayishegeshe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Hari Icyo Abana Basaba Abayobozi Bakuru B’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?