Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imibiri Y’Abasirikare Ba Afurika Y’Epfo Irashishwa Mu Rwanda Icyurwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Imibiri Y’Abasirikare Ba Afurika Y’Epfo Irashishwa Mu Rwanda Icyurwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 February 2025 1:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Iyi mirambo yari imaze igihe iri kwangirikira i Goma.
SHARE

U Rwanda rwemeye ko imirambo y’abasirikare 14 ba kiriya gihugu baherutse kwicirwa i Goma bacyurwa iwabo baciye mu Rwanda.

Hari amakuru avuga ko iriya mirambo ishobora kuzacishwa Uganda kugira ngo ifate indege icyurwe iwabo.

Imodoka z’umuryango w’abibumbye nizo zagaragaye zitwaye iyo mirambo iri kuva muri DRC yinjira i Rubavu.

Amakuru avuga ko iri bucishwe  i Rubavu, ikomereze ku mupaka wa Cyanika mu Karere ka Burera, ikomereze muri Uganda icishijwe i Kisoro kuzagera ku kibuga cy’indege cya Entebbe ibone kujyanwa iwabo.

Abo basirikare bishwe na M23 mu ntambara yabaye mu byumweru bibiri bishize, ibera i Goma.

Yaguyemo ndetse n’abasirikare batatu ba Malawi.

Malawi yaraye isabye ko abandi basirikare bayo bose bataha.

Muri Afurika y’Epfo ho bakomeje impaka zo kumenya impamvu yatumye bohereza abasirikare muri DRC mu nyungu za Ramaphosa aho kuba iz’igihugu.

Minisitiri w’ingabo n’umugaba mukuru wazo bombi basabwe n’inteko ishinga amategeko ko bagomba kwegura.

Ububanyi n’amahanga bumaze iminsi bukora uko bushoboye ngo intambara imaze igihe ibera mu Burasirazuba bwa DRC ihoshe.

Kuri uyu wa Gatandatu i Dar es Salaam hazabera inama ikomeye izahuza abayobozi muri EAC naho muri SADC ngo bafate ingamba zatuma ihosha mu buryo burambye.

Afurika Y’Epfo: Minisitiri W’Ingabo N’Umugaba Wazo Basabwe Kwegura

TAGGED:AbasirikareAfurikaEpfofeaturedIngaboRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Na Namibia Mu Bufatanye Bwo Kwita Ku Bagororwa
Next Article Rwanda: Abaganga Babaga Ni Bake Bwikube Icumi Ku Barwayi Babikeneye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?