Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imigambi Migari Y’Iterambere Ry’Ubuhinzi Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Imigambi Migari Y’Iterambere Ry’Ubuhinzi Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 January 2023 1:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda ivuga ko ifite imigambi itandatu(6) migari yo kuvugurura ubuhinzi bukagera ku rwego rwiza. Iyi migambi yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi Ildephonse Musafiri uri mu Nama y’ubukungu iri kubera Davos mu Busuwisi.

Musafiri yavuze ko u Rwanda ruteganya kugaburirira abana bose ku ishuri, ikoranabuhanga mu kuhiza imashini zikoresha imirasire y’izuba, ubuhinzi bukorewe ku buso buto, gukoresha neza amazi yo kuhiza, gukoresha neza imiti yica udukoko twonona imyaka, ndetse no kugaburira amatungo inigwahabiri zikize ku byubaka umubiri( proteins).

U Rwanda rwabwiye abandi bitabiriye iriya nama iri kubera i Davos ko mu kubala ubuhinzi burambye, rufite gahunda yo gukora k’uburyo Abanyarwanda bazihaza mu biribwa, umuhinzi akeza akihaza mu biribwa akanagira ibyo asagurira isoko.

Bumwe mu buryo Guverinoma y’u Rwanda ikoresha mu kubaka umuhinzi wihagije ni ukumuha nkunganire, guhuza ubutaka kugira ngo buhingweho igihingwa kimwe kandi aho bishoboka hose ubuhinzi bujye bajyana no kuhira.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Minisitiri Musafiri yatanze kiriya kiganiro ari kumwe n’umuyobozi w’ikigo giteza imbere ubuhinzi mur Africa kitwa AGRA, Dr. Agnes Karibata.

Inama y’i Davos izamara Icyumweru.

On a panel discussion featuring @Agnes_Kalibata President of @AGRA_Africa, and other officials, Hon. @Ilde_Musafiri highlighted key Rwanda’s priorities on Food Systems; Access to safe and nutritious food, sustainable environment, and promoting decent livelihoods for farmers. pic.twitter.com/OB5bMVUTpX

— Ministry of Agriculture & Animal Resources |Rwanda (@RwandaAgri) January 17, 2023

Ni inama ngarukamwaka ihuza abantu bakomeye mu bucuruzi no muri politiki z’ubucuruzi n’iterambere muri rusange.

Ibanza kwitabirwa n’abanyapolitiki basanzwe bakora mu nzego z’ubukungu, abarimu ba Kaminuza n’Abakuru b’ibihugu.

- Advertisement -

Rwanda: Umusaruro W’Ubuhinzi N’Ubworozi Warazamutse Guhera Mu Mwaka Wa 2017

TAGGED:DavosfeaturedImariInamaKaribataUbuhinziUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Muri Kiliziya Hari Uwicaraga Abanje ‘Guhitamo’ Uwo Bicarana
Next Article Kenya: Aba ‘Bouncers’ Bifuza Kujya Bitwaza Imbunda Mu Kazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?