Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imikino Olimpiki Yatangiye, Stade Isa N’Irimo Ubusa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Imikino Olimpiki Yatangiye, Stade Isa N’Irimo Ubusa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 July 2021 3:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhango wo gutangiza imikino Olimpiki watangijwe i Tokyo mu Murwa mukuru w’u Buyapani. Iyi mikino izabera muri Stade isa n’itarimo abantu kuko hazaba hari bake gusa kandi nabo bapimwe banakingirwa COVID-19.

Iki cyorezo cyatumye ibintu byinshi ku isi bikorwa mu buryo budasanzwe, aho abantu babujijwe kwegerana.

Abashinzwe gutangiza no kuzayobora iriya mikino bishimira ko byibura iriya mikino ibaye n’ubwo ibaye mu buryo budashimishije abantu kubera ko batemerewe guhurira hamwe.

Umwaka ushize iyi mikino yarasubitswe kubera ko kiriya cyorezo cyarimo kirabica bigacika hirya no hino ku isi harimo no mu Buyapani.

Umuhango wo gutangiza iriya mikino waranzwe n’ababyinnyi bo mu Buyapani bahaga ikaze abazitayitabira n’abandi bazayikurikiranira kuri za Televiziyo zabo iwabo.

Kugeza ubu ¼ cy’Abayapani cyarakingiwe .

Stade bazakiniramo isanzwe ifite ubushobozi bwo kwakira abantu 68 000.

Abaje muri Stade bagomba kwisiga umuti wica udukoko, hakarebwa imyirondoro yabo ndetse bakerekana tike zabo.

Umwe mu bakinnyi wakiraga abafana
Ni umuhango watangijwe binyuze mu ikoranabuhanga

Abanyamakuru bake nibo bemerewe gukurikirana iriya mikino, ibyicaro byinshi nta bantu babirimo, ariko inyuma y’ikibuga hari abafana bacye bari gufata amafoto bakayasangiza inshuti zabo.

TAGGED:BuyapanifeaturedImikinoOlimpikiStade
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubwonko Bw’Abanyamuzika Bukora Vuba Kurusha Ubw’Abandi
Next Article Byagenda Bite Imishinga Minini Ikomeje Kubamo Ukuboko n’Inguzanyo Bya Leta ?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

U Rwanda Rugiye Gushyira Ikawa Muri Cyamunara Mpuzamahanga 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?