Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imikoranire Igamije Guteza Imbere Urubyiruko Irakenewe- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Imikoranire Igamije Guteza Imbere Urubyiruko Irakenewe- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 May 2023 8:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yaraye abwiye abayobozi bitabiriye inama nyobozi y’Umuryango w’ibihugu bivuga Icyongereza Commonwealth, ko bigomba gukomeza gukorana mu nyungu z’ababituye cyane cyane urubyiruko.

Kagame ari mu Bwongereza mu muhango wo kwambika IKAMBA umwami w’iki gihugu akaba n’Umuyobozi w’ikirenga wa Commonwealth witwa Charles III.

Uwo muhango uraba kuri uyu wa Gatandatu taliki 06, Gicurasi, 2023.

Nk’umuyobozi wa Commonwealth, Perezida Kagame yagize ati: “ Intego yacu ni ugukorera hamwe muri uyu muryango wa Commonwealth kugira ngo duteze imbere urubyiruko. Hari byinshi tugomba gukorana kugira ngo duteze imbere Commonwealth ihinduke ahantu hatanga ibisubizo ku bibazo by’abaturage bacu.”

Mu bari bamuteze amatwi harimo Umwami w’u Bwongereza Charles III n’Umunyamabanga nshingwabikorwa wa Commonwealth Patricia Scotland.

Perezida Kagame yayoboye Inama y’abayobozi ba Commonwealth yaraye ibereye mu Bwongereza.

Kuri uyu wa Gatandatu nibwo Charles III ari bwambikwe ikamba ry’ubwami.

Yabaye umwami asimbuye Nyina Elizabeth II watabarutse mu mezi make ashize.

Hashize amezi atatu Perezida Kagame aganiye na Patrcia Scotland ku ngingo zireba  Commonwealth.

Icyo gihe abayobozi bombi bahanye amakuru y’uko ibintu bihagaze muri uyu muryango.

Inteko rusange y’uyu muryango iherutse guteranira mu Rwanda.

Icyo gihe hemejwe ko Togo na Gabon biba ibihugu binyamuryango.

Muri iyo nama kandi nibwo Perezida Kagame yahawe ubuyobozi bwa Commonwealth.

Patricia Scotland nawe yongeye gutorerwa kuba Umunyamabanga nshingwabikorwa w’uyu muryango.

TAGGED:CommonwealthfeaturedKagameRwandaUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yaganiriye Na Minisitiri W’Intebe W’u Bwongereza Ku Bimukira
Next Article Amavuta Ari Busigwe Umwami W’Ubwongereza Yavuye Muri Israel
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Kinshasa Irasaba AFC/M23 Gufungura Ikibuga Cy’Indege Cya Goma Byihuse

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

You Might Also Like

Mu mahanga

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?