Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imiyoborere Mibi Mu Mashuri Ihangayikishije Abadepite
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Imiyoborere Mibi Mu Mashuri Ihangayikishije Abadepite

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 March 2023 11:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abadepite bagize Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco n’Urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda basabye Minisiteri y’uburezi gusuzuma ikibazo cy’imiyoborere mibi muri bimwe mu bigo by’amashuri.

Bavuga ko iyo miyoborere mibi ari yo ntandaro y’ibibazo bibangamiye iterambere ry’ibyo bigo n’imikoreshereze mibi y’umutungo.

Iki kibazo bakibonye nyuma y’ingendo bakoreye mu bigo by’amashuri hirya no hino mu Rwanda.

Minisitiri w’Uburezi, Dr.Valentine Uwamariya yabwiye Abadepite ko hari ikiri gukorwa kuri iki kibazo cy’imiyoborere mibi mu bigo bimwe by’amashuri.

Abadepite kandi bavuze ko mu rwego rw’uburezi hakiri ikibazo cy’ibyumba by’amashuri bike, ibindi bishaje, ibigo by’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro bitagira amashanyarazi n’ibigo byigisha amasomo y’ubumenyi n’ikoranabuhanga bitagira laboratoire .

Kuba abanyeshuri bigira mu bigo bitagira ibyumba by’ubushakashatsi kandi bazakora ibizamini bisa n’ibyo ababyigiyemo bakora bidindiza abo bana kandi bigatuma batsindwa bitari bikwiye.

Ikindi kibazo gihari ni uko hakiri n’abana bata amashuri.

Minisiteri y’Uburezi yijeje abadepite ubufatanye n’izindi nzego mu gukemura ibyo bibazo.

TAGGED:AbadepiteRwandaUbureziUwamariya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Iterabwoba Ku Isi Rikomeje Gufata Indi Ntera- Dr Biruta
Next Article Arabie Saoudite Igiye Kubaka Mu Bushinwa Uruganda Rutunganya Petelori
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?