Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imiyoborere Mibi Mu Mashuri Ihangayikishije Abadepite
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Imiyoborere Mibi Mu Mashuri Ihangayikishije Abadepite

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 March 2023 11:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abadepite bagize Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco n’Urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda basabye Minisiteri y’uburezi gusuzuma ikibazo cy’imiyoborere mibi muri bimwe mu bigo by’amashuri.

Bavuga ko iyo miyoborere mibi ari yo ntandaro y’ibibazo bibangamiye iterambere ry’ibyo bigo n’imikoreshereze mibi y’umutungo.

Iki kibazo bakibonye nyuma y’ingendo bakoreye mu bigo by’amashuri hirya no hino mu Rwanda.

Minisitiri w’Uburezi, Dr.Valentine Uwamariya yabwiye Abadepite ko hari ikiri gukorwa kuri iki kibazo cy’imiyoborere mibi mu bigo bimwe by’amashuri.

Abadepite kandi bavuze ko mu rwego rw’uburezi hakiri ikibazo cy’ibyumba by’amashuri bike, ibindi bishaje, ibigo by’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro bitagira amashanyarazi n’ibigo byigisha amasomo y’ubumenyi n’ikoranabuhanga bitagira laboratoire .

Kuba abanyeshuri bigira mu bigo bitagira ibyumba by’ubushakashatsi kandi bazakora ibizamini bisa n’ibyo ababyigiyemo bakora bidindiza abo bana kandi bigatuma batsindwa bitari bikwiye.

Ikindi kibazo gihari ni uko hakiri n’abana bata amashuri.

Minisiteri y’Uburezi yijeje abadepite ubufatanye n’izindi nzego mu gukemura ibyo bibazo.

TAGGED:AbadepiteRwandaUbureziUwamariya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Iterabwoba Ku Isi Rikomeje Gufata Indi Ntera- Dr Biruta
Next Article Arabie Saoudite Igiye Kubaka Mu Bushinwa Uruganda Rutunganya Petelori
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ese Icyemezo Cya Leta Cyahombeje Abacuruzi Bagafunga Cyasubirwamo?

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?