Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imiyoborere Mibi Mu Mashuri Ihangayikishije Abadepite
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Imiyoborere Mibi Mu Mashuri Ihangayikishije Abadepite

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 March 2023 11:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abadepite bagize Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco n’Urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda basabye Minisiteri y’uburezi gusuzuma ikibazo cy’imiyoborere mibi muri bimwe mu bigo by’amashuri.

Bavuga ko iyo miyoborere mibi ari yo ntandaro y’ibibazo bibangamiye iterambere ry’ibyo bigo n’imikoreshereze mibi y’umutungo.

Iki kibazo bakibonye nyuma y’ingendo bakoreye mu bigo by’amashuri hirya no hino mu Rwanda.

Minisitiri w’Uburezi, Dr.Valentine Uwamariya yabwiye Abadepite ko hari ikiri gukorwa kuri iki kibazo cy’imiyoborere mibi mu bigo bimwe by’amashuri.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abadepite kandi bavuze ko mu rwego rw’uburezi hakiri ikibazo cy’ibyumba by’amashuri bike, ibindi bishaje, ibigo by’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro bitagira amashanyarazi n’ibigo byigisha amasomo y’ubumenyi n’ikoranabuhanga bitagira laboratoire .

Kuba abanyeshuri bigira mu bigo bitagira ibyumba by’ubushakashatsi kandi bazakora ibizamini bisa n’ibyo ababyigiyemo bakora bidindiza abo bana kandi bigatuma batsindwa bitari bikwiye.

Ikindi kibazo gihari ni uko hakiri n’abana bata amashuri.

Minisiteri y’Uburezi yijeje abadepite ubufatanye n’izindi nzego mu gukemura ibyo bibazo.

TAGGED:AbadepiteRwandaUbureziUwamariya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Iterabwoba Ku Isi Rikomeje Gufata Indi Ntera- Dr Biruta
Next Article Arabie Saoudite Igiye Kubaka Mu Bushinwa Uruganda Rutunganya Petelori
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?