Impanuka Ikomeye Ibereye i Rubavu Abantu Batatu Bamaze Gupfa

Mu Karere ka Rubavu hafi ya Hotel yitwa Kivu Peace Hotel habereye impanuka ikomeye. Abantu batatu mu bari muri coaster nibo twamenye ko bahasize ubuzima ariko haracyakora ubutabazi.

Icyakora amafoto arerekana ko umubare w’abapfuye ushobora kuza kuba munini.

Abantu batatu nibo twamenye ko bahasize ubuzima ariko hari n’abandi bakomeretse bikomeye

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda  Ishami ry’Umutekano wo mu muhanda Senior Superintendent of Police( SSP) René Irere yabwiye Taarifa ko ikamyo yamanukaga, coaster yo izamuka.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ishami ry’umutekano mu muhanda, Senior Superintendent of Police, (SSP) Réne Irere

Icyakora ngo ubu hari gukorwa ubutabazi, nyuma akaza kutubwira uko ibintu bihagaze…

- Advertisement -

Turakurikirana iyi nkuru…

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version