Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imyaka Ibaye 12 Jean Christophe Matata Atabarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Imyaka Ibaye 12 Jean Christophe Matata Atabarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 January 2023 8:02 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imyaka 12 irashize umuhanzi w’Umurundi bamwe bafata ko ari uw’ibihe byose muri kiriya gihugu atabarutse.Uwo ni Jean Christophe Matata.

Matata yavutse mu mwaka wa 1960 atabaruka taliki 03, Mutarama, 2011. Imyaka ibaye 12 atabarutse azize uburwayi.

Se yitwa Matata Benôit, Nyina akitwa Marie Theresa Mukabaziga.

Jean Christophe Matata niwe wari imfura mu bana batanu.

Yapfiriye i Cape Town muri Afurika y’Epfo aho yaragiye kwivuriza ibihaha.

Matata yapfuye afite imyaka 50 y’amavuko asiga abana babiri ariko nta mugore yigeze ashaka mu buryo bwemewe n’amategeko.

Uyu mugabo yabaye icyamamare bikomeye mu Karere igihugu cye giherereyemo hagati y’imyaka ya 1970 n’imyaka ya 1980.

Jean-Christophe Matata yakoze indirimbo zakunzwe cyane.

Izo zirimo Kobwa ndagowe, Ihorere Ntusarare, Umpora iki ?, Murantunga, Amaso akunda ntabona neza, N’i Nyagasambu rirarema n’izindi.

Bivugwa ko yatangiye gukora umuziki afite imyaka 18 y’amavuko.

Iyi ndirimbo yayisohoye mu mwaka wa 1990 ubwo yari avuye mu Rwanda agiye kuba mu Bubiligi mu mwaka wa 1991.

Yari afite itsinda baririmbanaga rikanamucurangira ryitwaga African Nil Band.

Ni umwe mu bahanzi beza u Burundi bwagize
TAGGED:BurundiMatataRwandaUburwayiUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article UNICEF-Rwanda Yatangiye Gukoresha Imodoka Z’Amashanyarazi
Next Article Imodoka Zikoresha Hydrogen Ziri Guta Isoko
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nigeria: Umuhanzi Ifunanya Yishwe N’Inzoka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?